
Gatsibo: Abatoza b’intore barasabwa kuba umusemburo w’aho batuye
Abatoza b’intore bafata ifoto y’urwibutso hamwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo Abatoza b’intore batoje abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye, basabwe kuba umusemburo w’aho More...

Rulindo: Abayobozi basabwe gutegura neza amatora yegereje.
Abayobozi b’inzego zitandukanye mu Ntara y’Amajyaruguru, ingabo na polisi bitabiriye inama itegura amatora y’inzego z’ibanze ateganywa mu minsi ya vuba. Umuyobozi wa Komisiyo y’amatora More...

Lisiti y’itora igiye kongera kuvugururwa mu rwego rwo kwitegura amatora y’inzego z’ibanze
Mu rwego rwo gutangira imyiteguro y’amatora y’abayobozi b’ibanze ateganyijwe muri Gashyantare 2016, Komisiyo y’igihugu y’amatora yaganiriye n’abakorerabushake bayikorera More...

Rulindo: abaturage batari bake bakomeje kugaragaza ko Paul Kagame yakomeza kubabera umuyobozi.
Bamwe mu batuye akarere ka Rulindo bavuga ko bamaze kugera ku bintu byinshi kandi byiza mu bijyanye n’iterambere ,imibereho myiza hamwe n’imiyoborere myiza. Abaturage bakaba bakomeje kugaragaza More...

Iburasirazuba: Bimwe mu byo inteko itora yifuza ku muntu uri butorerwe kuba senateri
Abiyamamariza umwanya w’ubu senateur Mu gihe kuwa Gatanu, tariki ya 29/08/2014, inteko itora abasenateri mu Ntara y’Iburasirazuba ihitamo umukandida umwe muri batatu bahatanira kwinjira muri Sena, More...

Ruhango: Abarokotse Jenoside barishimira ko imibiri y’ababo igiye gushyingurwa mu cyubahiro
Abaturage bazindukira mu gikorwa cyo gutunganya iyi mibiri Nyuma y’imyaka 20 Jenoside ikorewe abatutsi ibaye, imibiri igera ku bihumbi 60 yari itarashyingurwa mu cyubahiro iri ahantu mu cyobo cyahoze kitwaga More...

Burera: Gutora FPR-Inkotanyi ngo ni ukwiteganyiriza
Umuryango FPR-Inkotanyi, ubwo wiyamamarizaga mu murenge wa Kagogo, mu karere ka Burera, abatuye muri uwo murenge bavuze ko uwo muryango wabagejeje kuri byinshi byiza ngo kuburyo ku munsi w’amatora bazawuhundagazaho More...

Ngororero: PSD iratangira ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite
Nyuma y’uko ku wa 28 Kanama uyu mwaka wa 2013, abayobozi n’abayoboke b’ishyaka PSD bangiwe gukora ibikorwa byo kwamamaza abakandida b’iryo shaka mumatora y’abagize inteko ishinga More...

Intara y’amajyepfo: abayobozi barashishikarizwa gufasha mu myiteguro y’amatora
Mu gihe hasigaye ukwezi n’iminsi micye ngo habeho amatora y’abagize inteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite, imyiteguro irarimbanije. Ariko, kugira ngo byose bizagende neza, komisiyo y’igihugu More...

Kayonza: Abaturage barahamagarirwa gufata amakarita y’itora ku bakorerabushake ba Komisiyo y’amatora mu midugudu
Abaturage b’akarere ka Kayonza bagejeje igihe cyo gutora biyandikishije kuri lisiti y’itora barahamagarirwa gufata amakarita mashya y’itora. Ayo makarita ngo ari gutangwa n’abakorerabushake More...