
Rubavu: Â Bijihije umunsi wo kwibohora batanga miliyoni 37.5 zo kwifatanya na Gen Karake
 Milliyoni 38 471 110 z’amafaranga y’u Rwanda niyo yakusanyijwe n’abikorera mu karere ka Rubavu kugira ngo azashyirwe mu kigega Ishema ryacu kizafasha gutanga ingwate yatswe Lt Gen Karake More...

Nyaruguru: Abikorera bagiye kwandika basaba ko itegeko nshinga rihinduka
Abagize urugaga rw’abikorera mu karere ka Nyaruguru baratangaza ko bakurikije aho iterambere rigeze mu Rwanda ndetse n’uburyo abikorera boroherezwa gukora, ngo bifuza ko ingingo ya 101 y’itegeko More...

Rusizi: Mu karere ka Gakenke ngo basanga bagenzi babo barabasize mubikorwa by’iterambere
Nyuma yo kumenya ko urugaga rw’abikorera rwateye imbere mu bikorwa bitandukanye birimo kuzamura imishinga migari iboneka mu nyubako zitandukanye mu karere ka Rusizi itsinda ry’abantu 30 bakora More...