
Basabwe gufatanya ngo akarere kaze imbere muri byose
Umuyobozi w’akarere yijeje ubufatanye abakozi Umuyobozi w’akarere ka Ruhango Mbabazi Francois Xavier, arasaba abakozi bose gutanya mu byo bakora, kugirango akarere kabashe gutera imbere. Ibi uyu muyobozi More...

Rulindo: Uwayoboraga Akarere ka Rulindo haribyo yifuzaga kuba yaragezeho.
Umuyobozi w’akarere ka Rulindo ucyuye igihe n’abandi bayobozi Bamwe mu baturage batujwe mu midugudu Umuyobozi ucyuye igihe muri rulindo, Kangwagye Justus yishimira byinshi byagezweho muri manda yayoboye, More...

Ngororero: Komite nyobozi icyuye igihe ngo igiye yemye
Mazimpaka Emmanuel yari ashinzwe ubukungu Abagize komite nyobozi icyuye igihe mu karere ka Ngororero bahamya ko basoje manda zabo bemye kuko bazamuye akarere. Mu gihe hari abayoboraga uturere bavuga ko bajyanye More...

Gicumbi – Komite nyobozi icyuye igihe yanenzwe kudashyira hamwe
Abitabiriye umuhango wo guhererekanya ububasha Komite Nyobozi y’Akarere ka Gicumbi mu gikorwa cyo gusoza imirimo yayo, ikazasimburwa n’abazatorwa mu matora arimo gutegurwa yanenzwe kudashyira More...

Gatsibo: Abatoza b’intore barasabwa kuba umusemburo w’aho batuye
Abatoza b’intore bafata ifoto y’urwibutso hamwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo Abatoza b’intore batoje abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye, basabwe kuba umusemburo w’aho More...

Kamonyi: Abayobozi barasabwa kwigisha abaturage gucika ku ngeso yo kurwana
Umuyobozi w’intara yasabye abayobozi kwigisha aabaturage Gukubita no gukomeretsa aribyo biza ku isonga mu byaha bihungabanya umutekano. Abayobozi b’inzego z’ibanze barasabwa gukangurira abaturage More...

Kirehe: Abana batowe bazarwanya Jenoside, ihohoterwa n’ibiyobyabwenge
Amataora y’abana yabaye mu mucyo Mu matora ya komite z’ihuriro ry’abana, 6 batowe bijeje bagenzi babo kuzabahagararira neza baharanira kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside, ihohoterwa n’ibiyobyabwenge More...

Kirehe: Umurenge wa Musaza niwo wa mbere mu mihigo
Abenshi mu baturage b’umurenge wa Musaza baganiye na Kigalitoday bavuga uko bakiriye iyo ntsinzi. Mu mihigo 2014/2015 mu karere ka Kirehe abaturage b’umurenge wa Musaza barishimira umwanya wa mbere More...

Kamonyi: Ku munsi w’umuganura, buri mudugudu wa Ruyenzi wamuritse imihigo wagezeho
Mu kagari ka Ruyenzi ho mu murenge wa Runda, umunsi w’umuganura wizihirijwe mu mudugudu wa Nyagacaca ahahuriye abaturage b’imidugudu itanu igize aka kagari, maze abakuru b’imidugudu na bamwe More...

Nyanza: Abakozi b’Akarere bihwituriye mu nama idasanzwe
Abakozi b’akarere ka Nyanza bo mu nzego zose z’ibanze bahuriye mu nama idasanzwe barihwitura mu birebana no kunoza imikorere buri wese akita ku nshingano ze z’ibanze mu kazi. Abakozi kuva More...