
Uburasirazuba: Ngo batoye neza ariko umutima nturajya mu gitereko
Ahabereye amatora hari hateguye Abaturage b’intara y’Uburasirazuba bavuga ko batoye neza ariko imitima ya bo ngo ntirajya mu gitereko Perezida Paul Kagame ataratangaza ko aziyamamaza. Ibi babivuze More...

Gakenke: Biteze iterambere mw’itegeko nshinga bitoreye
Ngo biteze byinshi kuri referandumu batoye Abaturage bo mu karere ka Gakenke baravuga ko mugihe itegeko nshinga batoye riramutse ryemejwe baryitezeho iterambere rirambye. Ngo mu gihe itegeko nshinga Abanyarwanda More...

Nyaruguru: Ngo tariki ya 18 yari yarabatindiye
Abitabiriye gutora Abaturage bo mu karere ka Nyaruguru baratangaza ko tariki 18 Ukuboza yari yaratinze kugera ngo bitorere itegekonshinga muri Referendum. Abitabiriye gutora mu cyumba cy’itora Mu gitondo More...

Nyaruguru:Abayobozi barasabwa gushishikariza abaturage gutora YEGO muri Referendum
Umuyobozi w’akarere asaba abaturage kuzatora yego  Abayobozi b’imidugudu ngo batinziwe n’umunsi Abayobozi b’ibanze barasabwa gushishikariza abaturage gutora YEGO muri Referendum More...

Kamonyi: Abagore barasabwa kuba umusemburo w’iterambere
Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Umugore uba buri tariki 8 Werurwe, mu kagari ka Karengera. Umurenge wa Musambira, Depite Mukarugema Alphonsine yasabye abagore kuba umusemburo w’impinduka nziza More...

Musanze: Amakuru azava mu byiciro by’ubudehe ngo yanakwifashishwa mu igenamigambi
Abaturage bo mu Kagali ka Mpenge, Umurenge wa Muhoza bashima uburyo bitangira amakuru azifashishwa mu kubashyira mu byiciro by’ubudehe, bemeza ko ibyiciro bazajyamo bizabashimisha. Ngo n’ayo makuru More...

Huye: Barishimira uburyo bushya bwo gushyira abaturage mu byiciro by’ubudehe
Ubwo mu ntara y’amajyepfo batangirizaga ku mugaragaro igikorwa cyo gushyira abaturage mu byiciro by’ubudehe mu murenge wa Rusatira ho mu karere ka Huye, abaturage bagaragaje ibyishimo by’uko More...

Rusizi: Gahunda yo kunoza ibyiciro by’ubudehe ngo ntizongera kugaragaramo amakosa ashingiye kumarangamutima
Abakozi kuva ku rwego rw’akarere, imirenge n’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere ka Rusizi bari mu mahugurwa y’iminsi 3 azabafasha guhugura abantu bazagira uruhare mu gikorwa More...

Nyaruguru: Ubuyobozi bwahagurukiye abakoresha abana bato imirimo ivunanye
Abayobozi bo mu karere ka Nyaruguru baravuga ko bumaze gutangamba ku buryo umuntu uzafatwa akoresha umwana utagejeje ku myaka 18 azajya ahanwa by’intangarugero. Abana benshi muri aka karere bakunze More...

Nyaruguru: Ubuyobozi bwahagurukiye abakoresha abana bato imirimo ivunanye
Abayobozi bo mu karere ka Nyaruguru baravuga ko bumaze gutangamba ku buryo umuntu uzafatwa akoresha umwana utagejeje ku myaka 18 azajya ahanwa by’intangarugero. Abana benshi muri aka karere bakunze guta More...