
Rwanda : Abavuga rikumvikana barasaba leta ubufatanye kuko bumvwa cyane n’abaturage
Abavuga rikumvikana bo mu mirenge igize akarere ka Muhanga barasaba leta ko yajya ibizera ikabanyuzaho zimwe muri gahunda ishaka kugeza ku baturage kuko byagaragaye More...

Rwanda | Ruhango: Abavuga rikumvikana barasaba ko abaturage bajya bahabwa umwanya mu byemezo bifatwa na Leta
Abavuga rikijyana mu karere ka Ruhango, baravuga ko Leta ikwiye kujya iha umwanya abaturage ikumva ibitekerezo byabo mu bikorwa iba iteganya, kuko ngo hari igihe bajya kumva bakumva inzego zo hejuru zibaturaho ibintu More...