
Rulindo: Igihe cy’amatora si intandaro yo gusubira inyuma kw’imihigo.
guverineri yaganiriye n’abayobozi n’abakozi b’akarere Ubwo Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yasuraga Akarere ka Rulindo kuwa 18/02/2016 yasabye abayobozi n’abakozi b’Akarere More...

Rulindo: Uwayoboraga Akarere ka Rulindo haribyo yifuzaga kuba yaragezeho.
Umuyobozi w’akarere ka Rulindo ucyuye igihe n’abandi bayobozi Bamwe mu baturage batujwe mu midugudu Umuyobozi ucyuye igihe muri rulindo, Kangwagye Justus yishimira byinshi byagezweho muri manda yayoboye, More...

Rulindo: Hamenwe Ibiyobyanbwenge bifite agaciro ka Miliyoni 1.636.000Frw.
Uhagarariye polisi mu Karere ka Rulindo DPC SSP Felix Bizimana Kuwa 04/02/2016 mu Murenge wa Murambi hamenywe ibiyobyabwenge byo mu bwoko butandukanye, mu rwego rwo kwigisha abanyeshuri ku byirinda. Icyo gikorwa More...

Rulindo: Inama njyanama yemeje ingengo y’imari ivuguruye y’igihembwe cya kabiri
Abitabiriye inama njyanama Inama njyanama y’Akarere ka Rulindo icyuye igihe, ku itariki ya 24/01/2016, yateraniye mu cyumba cy’inama cy’Akarere hagamijwe kureba ibyagezweho. Inama njyanama More...

Rulindo: Mu cyumweru cyahariwe intwari abaturage Basabwe kutaba ibigwari.
Abaturage mu rugendo rwo kuzirikana ubutwari bw’abanyarwanda Tariki 22/01/2016 hatangijwe Icyumweru cyahariwe ibikorwa by’indashyikirwa by’intwari z’uRwanda, ku rwego rw’Akarere More...

Rulindo: Abayobozi basabwe gutegura neza amatora yegereje.
Abayobozi b’inzego zitandukanye mu Ntara y’Amajyaruguru, ingabo na polisi bitabiriye inama itegura amatora y’inzego z’ibanze ateganywa mu minsi ya vuba. Umuyobozi wa Komisiyo y’amatora More...

Rulindo: Abafatanyabikorwa b’akarere ka Rulindo basabwe gukorana n’inzego z’ibanze.
Umuyobozi w’akarere ka Rulindo KANGWAGYE Justus asaba abayobozi b’inzego z’ibanze n’abafatanyabikorwa kujya bakorana neza Akarere ka Rulindo kakoranye inama n’abafatanyabikorwa More...

Rulindo: Akarere ka Rulindo kagiye kwegereza ubuyobozi abaturage.
Abayobozi n’abafatanyabikorwa b’akarere ka rulindo bahuriye mu nama igamije kurebera hamwe uko bakwegereza ubuyobozi abaturage mu rwego rwo kwesa neza imihigo y’umwaka utaha. Inama yabereye More...

Rulindo: abayobozi mu nzego z’ibanze ngo basanga EAC bayungukiramo byinshi
Kuri uyu wa kane tariki ya 14/5/2015,mu karere ka Rulindo hatangiye amahugurwa mu bayobozi b’inzego z’ibanze ,ku bijyanye no gusobanurira aba bayobozi imikorere y’uyu muryango nyafurika w’ibihugu More...

Rulindo: umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda yatangije ibiro bishya bya polisi
tariki ya 27/4/2015, mu karere ka Rulindo habereye umuhango wo gutaha inyubako izajya ikoreramo polisi y’igihugu, iyi nzu ikaba iherereye mu mudugudu wa Buhande ,Akagari ka Gasiza murenge wa Bushoki. Ataha More...