
Rwanda | Nyamagabe: Abaturage biteguye kugira uruhare mu ibarura.
Mu gihe hasigaye iminsi ibiri gusa ngo ibarura rusange rya kane mu Rwanda ritangire, ubuyobozi bw’akarere ka Nyamagabe bukomeje gukangurira abaturage kugira uruhare basabwa muri iri barura naho abaturage More...

Abanyarwanda barasabwa gucika ku muco wo kudatanga amakuru mu ibarura rusange
Ikigo cy’igihugu cy’Ibarurishamibare kirasaba abanyarwanda gucika ku muco wo kwanga gutanga amakuru cyangwa kubeshya mu gihe cy’ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ryo ku More...

Rwanda | Kirehe hateraniye inama ya kabiri ya komisiyo y’ibarura rusange ku rwego rw’akarere
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda kuri uyu wa 29/05/2012 basobanuriye abayobozi batadukanye bo mu karere ka Kirehe aho igikorwa cy’ibarurarusange ry’abaturage n’imiturire More...

KARONGI: Ntaho tugonganira n’izindi nzego ahubwo turuzuzanya – Ryumugabe Alphonse
Mu Nteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko y’akarere ka Karongi yaberaga mu murenge wa Rubengera, umuhuzabikorwa wayo Ryumugabe Alphonse yatangaje ko bakorana neza n’inzego More...

“Urubyiruko rukoresha ibiyobyabwenge ni ikibazo ku miryango yarwo no kugihugu muri rusange†– CSP Alexandre Muhirwa
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’uburasirazuba, CSP Alexandre Muhirwa, avuga ko urubyiruko rukoresha ibiyobyabwenge ari ikibazo gikomeye haba mu miryango rukomokamo ndetse no ku gihugu muri More...

Ngororero: Imurika bikorwa ni kimwe mu bigaragaza imikorere y’abayobozi n’abafatanya bikorwa
Imyanzuro y’inteko rusange ya JDAF ISANGANO y’akarere ka Ngororero yemeje ko imurika bikorwa ari kimwe mu byereka abaturage ko abayobozi n’abafatanya bikorwa bagera ku ntego bihaye, maze ihita More...

Nyanza: Imiryango 102 yasezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko mu murenge wa Nyagisozi
Tariki 26 Mutarama 2012 mu murenge wa Nyagisozi mu karere ka Nyanza habereye umuhango wo gusezeranya imiryango 102 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko. Uwo muhango wayobowe n’umunyamabanga More...

Rwamagana: Guverineri Uwamariya arasaba ubufatanye bw’abaturage mu guhashya ibyobyabwenge
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Uwamariya Odette akomeje gushishikariza abaturage gushyira imbaraga mu kurwanya ibiyoyabwenge cyane cyane mu rubiyiruko. Ibi akaba abisaba mu mirenge itandukanye More...

Abagize inteko ishinga amategeko banenze ubwiherero rusange bw’akarere ka Gicumbi
Bari gusura imisarani yubatswe n’akarere Abadepite bari muri komisiyo y’ububanyi n’amahanga muruzinduko bagize banenze imyubakire y’ubwiherero rusange bw’akarere ka Gicumbi. Aba More...

Inteko yatoye itegeko rigena imitunganyirize y’ imijyi
Tariki ya 2 Ugushyingo, abadepite batoye itegeko rigena imitunganyirize y‘imijyi n‘ imyubakire mu Rwanda. Iryo tegeko riha uturere n‘umujyi bidafite ibishushanyombonera kuba bibifite bitarenze More...