
Rutsiro: Inyubako y’ibiro by’akarere ijyanye n’igihe izaba igisubizo ku bwinshi bw’abakozi.
Mu gihe hatangiye gusenywa inyubako ishaje y’ibiro by’akarere ka Rutsiro kuko ngo itari ijyanye n’igihe, ubuyobozi bw’akarere butangaza ko inyubako nshya ijyanye n’igihe izaba More...

Rusizi: Minisitiri KANIMBA arasaba akarere ka Rusizi gukurikirana buri munsi uko ingengo y’imari ikoreshwa
Minisitiri kanimba mumuganda I rusizi Miliyari zisaga 14 z’amafaranga y’u Rwanda niyo ngengo y’imari yemejwe y’akarere ka Rusizi izakoreshwa mu mwaka w’ingengo y’imari 2014-2015 More...