
Burera: Perezida wa Njyanama yatangiye imirimo ye yizeza kugeza akarere ku iterambere
Bumbakare Pierre Celestin perezida mushya w’inama njyanama y’akarere ka Burera yatangiye imirimo ye ku mugaragaro tariki ya 29/03/2013 yizeza abaturage bo muri ako karere ubufasha mu  iterambere More...

Rwanda | Kamonyi: Hatangijwe gahunda y’itorero ku rwego rw’umudugudu
Kuri uyu wa 02 Kanama 2012, mu midugudu yose igize akarere ka Kamonyi, hatangijwe gahunda y’itorero ry’iguhu, aho abaturage bazakurikirana inyigisho z’umuco ushingiye ku Ndangagaciro na Kirazira More...