
Karongi: Gutahiriza umugozi umwe n’izindi nzego ngo ni byo bizatuma urubyiruko rushobora kwesa neza imihigo
Kuri uyu wa 12 Ugushingo 2014, abagize Inama y’Igihugu y’Urubyiruko mu Karere ka Karongi bahigiye imbere y’ubuyobozi bw’akarere ibyo rwiyemeje kugeraho maze bugaragaza ko rukeneye gushyigikirwa More...

Gatsibo: Hamenwe ibiyobyabyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 3
Abaturage bafatanyije na Polisi kumena ibi biyobyabwenjye Abaturage b’Akarere ka Gatsibo barasabwa kutishora mu biyobyabwenge kuko icyo gikorwa ari icyaha gihanirwa n’amategeko. Ibi ni ibyatangajwe More...

Burera: Hangijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 32 z’amafaranga y’u Rwanda
Abaturage bo mu karere ka Burera bafatanyije n’ubuyobozi bw’ako karere ndetse n’inzego zishinzwe kubungabunga umutekano, ku wa gatau tariki ya 19/09/2014, bamennye ibiyobyabwenge birimo kanyanga, More...

Rwanda : 50% by’abanyarwanda nibo bonyine bazaba batunzwe n’ubuhinzi muri 2020
Minisitiri w’umutungo kamere, Stanslas Kamanzi yatangaje ko leta y’u Rwanda iri gukora ku buryo abanyarwanda bazaba batunzwe n’ubuhinzi mu mwaka More...

EALA sessions underway
The East African Legislative Assembly (EALA) today resumed business and adopted two key reports. In the deliberations, the House urged the Partner States to step up the desire to create a conducive business and More...

Ngoma: kujya muri EAC hari abanyarwanda benshi byafashije mu bucuruzi ndetse no mu gufunguka muri busness
Nyuma y’imyaka itanu u Rwanda rwinjiye mu muryango w’ubumwe bw’ibihugu byo mu burasirazuba bwa Africa (EAC) bamwe mu bacuruzi bo mu karere ka Ngoma bavuga ko nubwo ibintu bitarajya mu buryo More...

Kagame | Abashoramari ba Turukiya bishimiye ishoramari ry’u Rwanda
Abashoramari batumiye Perezida Kagame muri Turukiya bavuga ko bamutumiye nk’uburyo bwo kwerekana ko bishimira uburyo u Rwanda rworohereza ishoramari. Aba bashoramari bo muri Turukiya bifuza ko Perezida Kagame More...

Uwo wakitabaza igihe uhawe serivisi mbi mu bucuruzi
Ibigo bya Leta bifite inshingano zirebana no kurengera abaguzi byashyizeho numero zitishyuzwa abaguzi basobora kwifashisha basaba kurenganurwa igihe bahuye n’ikibazo. Izo nimero ni 3739 muri minisiteri y’ubucuruzi More...

Rwanda | U Rwanda n’u Burundi bigiye gusinyana amasezerano ahuza imipaka
Komiseri mukuru wa RRA Ben Kagarama na komiseri mukuru wa OBR Kieran Holme nyuma yo gusinya amasezerano Igihugu cy’u Rwanda n’u Burundi bigiye gushyira umukono ku masezerano agamije gushyiraho One More...