
Ntibihagije kwakira umukiriya neza, kumenya ko ikibazo cye cyakemutse na byo ni ngombwa
Ibi byagaragajwe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Munyantwari Alphonse, mu kiganiro yagiranye n’abakozi bo mu Turere tw’Intara y’Amajyepfo bakora imirimo ijyanye no kwakira More...

Uko umuntu yitwaye ku mukiriya na byo bigira icyo bimubwira
Uko umuntu yitwaye umukiriya aje amugana bituma yumva ashobora kumubwira ikimugenza cyangwa agatangira kwibwira ko arushywa n’ubusa. Ibi byagaragajwe mu mahugurwa abakozi bo mu Turere two mu Ntara y’amajyepfo More...

Uhabwa serivisi akwiye kugira uruhare mu kuyihabwa inoze
Uhabwa serivisi akwiye kugira uruhare mu guhabwa serivisi inoze, amenya uko ayisaba bizatuma uyitanga yoroherwa no kuyitanga inoze kandi bimworoheye. Ibi bikaba ari ibyavuzwe na Marie Ange Claudine Ingabire, uhagarariye More...

Ngororero: Abagana ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka bishimiye uko bahabwa serivisi
Bamwe mu baje gushaka ibyangombwa ku biro bishinzwe abinjira n’abasohoka “Mu muco wa Kinyarwanda ukoze neza arashimwa n’ukoze nabi akagawaâ€. Ibi ni bimwe mubyo twatangarijwe More...