
Mu ntara y’Amajyepfo abayobozi b’utugali twose bagiye kujyanwa mu itorero
Abayobozi b’utugali two mu Ntara y’amajyepfo baraye ku ibaba bitegura kujyanwa mu ngando y’itorero  izabera mu kigo cy’ingando cya Nkumba mu gihe cy’ibyumweru bibiri uhereye More...

Ba Gitifu b’Utugari benshi ntibakora neza, bahugiye mu ishuri-Minisitiri Musoni
Abaturage baravuga ko batabona ba Gitifu aho babakeneye Minisitiri Musoni James ushinzwe Ubutegetsi bw’Igihugu mu Rwanda arasaba abayobozi b’Uturere n’Imirenge gukurikirana no guhwitura Abanyamabanga More...