
Rwanda l RUSIZI: hatangijwe Gahunda yiswe “Ijisho ry’umuturanyi†mu guca ibiyobyabwenge
Iyi gahunda yiswe “Ijisho ry’umuturanyi†yatangijwe mu karere ka Rusizi, ni gahunda yatangijwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage, More...

Rwanda l Nyamasheke: Hashyizweho komite izafasha mu kurwanya ibiyobyabwenge.
Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje inzego zitandukanye zirimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge, abashinzwe imibereho myiza mu mirenge, abahagarariye inama y’igihugu y’abagore n’iy’urubyiruko, More...

Rwanda : Akarere ka Kirehe batoye komite nshya y’abafatanyabikorwa mu iterambere (JADF)
Kuri uyu wa 31/07/2012 mu karere ka Kirehe batoye komite nshya y’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’ akarere (JADF) aho umuyobozi w’iyi komite yakomeje kuba uwari uyiyobowe. Komite y’abafatanyabikorwa More...

Rwanda : Abacukuzi b’amabuye y’agaciro mu Ntara y’amajyepfo bashyizeho komite ibahagarariye
Kuba abacukuzi b’amabuye y’agaciro bakoraga nta komite ibahagarariye mu nzego z’ubuyobozi zibegereye ni bimwe mu byatumaga bagira imikorere irimo akajagari nk’uko babitangaje mu nama More...

Nyanza: Abagize intore ku rwego rw’akarere bitoyemo komite ishinzwe ubuhwituzi
Abagize inteko y’intore ku rwego rw’akarere ka Nyanza bahuriye mu cyumba cy’inama cy’aka karere bitoramo komite ishinzwe ubuhwituzi tariki 21/06/2012. Icyo gikorwa cy’amatora More...

Nyamasheke: CDC yanenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano zabo
Mu nama ya komite ishinzwe iterambere ry’akarere (CDC) yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 12/06/2012, abagize CDC banenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano ziba zikubiye mu masoko baba batsindiye. Muri More...

SECOND EALA COMPLETES SITTING, WINDS UP ITS DUTIES
The second East African Legislative Assembly (EALA) has winded up its 5th Meeting of the 5th Session which ended its time of duty. At its last Plenary this Thursday 31st May 2012, the august House adopted seven More...

Rwanda | Nyamasheke: Komisiyo y’ubutaka izaharanira ishyirwa mu bikorwa ry’igishushanyo mbonera.
Komisiyo y’ubutaka mu karere ka Nyamasheke, kuri uyu wa 02 werurwe, yateranye ku nshuro ya mbere kuko iyari iriho yacyuye igihe, maze ihita initoramo ubuyobozi. Ubuyobozi bwatowe bukaba buvuga ko bugiye More...

Rwanda | Rusizi: Komisiyo y amatora irasaba abayobora amatora kureka amarangamutima
tariki ya 16 Gashyantare 2012, mu nama n’abayobora amatora mu turere twa Rusizi na Nyamasheke, Komisiyo y’amatora yasabye abo bantu kwirinda amarangamutima mu bikorwa by’amatora kuko bigira More...

Rwanda | Rusizi: Ikibazo cy’imirenge idahagarariwe mu nzego z’abamugaye kubera amashuri make kizasuzumwa
Kubera ibwiriza rigena ko abagize komite nyobozi y’urwego rw’abamugaye ku murenge bagomba kuba nibura bararangije amashuri atandatu yisumbuye byatumye hari imirenge imwe n’imwe komite itabasha More...