
Abagize inzego z’urubyiruko bahize kuzamura urubyiruko rufite intege nke
Intore z’abagize inzego z’urubyiruko zitangaza ko mu mihigo zihaye harimo gufasha urubyiruko rufite intege nke kugira ngo narwo ruzamuke ruve mu bukene bityo imbaraga zarwo ruzikoreshe, rwubaka u More...

Huye: abayobozi barashishikarizwa kujya bashyira mu bikorwa ibyo biyemeje
Kugira intego zihamye kandi abazihaye bakazishyira mu bikorwa, ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu mwiherero abayobozi bakuru b’igihugu bagize kuva ku itariki ya 28 kugeza kuya 30/3/2013, nk’uburyo bwo More...