
Karongi : Urubyiruko rurasabwa kurangwa n’indangagaciro z’umuco Nyarwanda no kwiyubaha
Muri iki gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora usanzwe uba ku wa 4 Nyakanga, Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi buributsa urubyiruko ko ntawakubaka igihugu adafite ubuzima bwiza bityo More...

URUBYIRUKO RUFITE INSHINGANO YO KURINDA IBYAGEZWEHO
Urubyiruko rwari mu nteko rusange Nyagatare. Gufasha urubyiruko kwihangira imirimo hagamijwe ko rwiteza imbere niyo ntego akarere ka Nyagatare gafite. Gusa ariko narwo ngo rwiteguye gukomeza kubumbatira umutekano More...

Urubyiruko rurasabwa kubungabunga ibimaze kugerwaho mu myaka 20 ishize
Umuyobozi w’ingabo mu turere twa Karongi na Rutsiro, Lieutenant Colonel John Karega, arashishikariza urubyiruko kubumbatira umutekano w’iterambere igihugu kimaze kugeraho kugira ngo hatagira uzongera More...

Rutsiro : Inteko rusange y’urubyiruko yarebeye hamwe ibyagezweho n’ibiteganyijwe
Urubyiruko ruhagarariye urundi Inteko rusange y’Inama y’Igihugu y’urubyiruko mu karere ka Rutsiro yateranye tariki 30/06/2014, abayitabiriye barebera hamwe ibyagezweho muri uyu mwaka ushize More...

Huye: Hari byinshi urubyiruko rwishimira u Rwanda rwagezeho mu myaka 20 yo kwibohora
Abitabiriye inteko y’urubyiruko Mu byo urubyiruko rwo mu murenge wa Tumba ho mu Karere ka Huye rwishimira byagezweho mu myaka 20 yo kwibohora, harimo umutekano, kutavangura Abanyarwanda, n’ibindi bikorwa More...