
Rutsiro: Inyubako y’ibiro by’akarere ijyanye n’igihe izaba igisubizo ku bwinshi bw’abakozi.
Mu gihe hatangiye gusenywa inyubako ishaje y’ibiro by’akarere ka Rutsiro kuko ngo itari ijyanye n’igihe, ubuyobozi bw’akarere butangaza ko inyubako nshya ijyanye n’igihe izaba More...

Gakenke: hari Imishinga ishobora kutazaboneka mu mwaka w’ingengo y’imari 2015-2016
 Mu ngengo y’imari y’amajyambere y’umwaka wa 2015-2016 y’ Akarere ka Gakenke hashobora kutazagaragaramo imishinga ifite agaciro ka miliyari eshatu na miriyoni magana abiri (3.200.000.000) More...

Bugesera: Ingengo y’imari yazamutseho 13% ugereranyije n’ingengo y’imari y’umwaka ushize
Perezida wa njyanama y’akarere ka Bugesera, Kabera Pierre Claver Ingengo y’imari y’akarere ka Bugesera 2014-2015 ni miliyari 13 n’ibihumbi bisaga 800, ikaba yarazamutseho 13% ugereranyije More...

NTA MUGABO WIGIRA AKENERA ABANDI –Safari Innocent
 Kwishyira hamwe bituma abantu bahuza imbaraga bagatera imbere. Ni ibyatangajwe n’ umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’umuryango w’Afrika y’uburasirazuba kuri uyu wa 15 Gicurasi, More...

Ruhanga- Batashye inyubako y’akagari yatwaye amafaranga asaga Miliyoni 17
Kuri uyu wa 29/07/2013 mu karere ka Kirehe mu murenge wa Kigina batashye inyubako izakorerwamo n’akagari ka Kigina yuzuye  itwaye amafaranga agera kuri miliyoni 17 n’ibihumbi 214 na 700, aka kagari More...

Rwanda | Kayonza: Kubaka ibiro by’abakuru b’imidugudu bizanoza serivisi abaturage bahabwa
Kubaka ibiro by’abakuru b’imidugudu bizatuma abaturage bahabwa serivisi zinoze kurusha uko byari bisanzwe nk’uko bitangazwa na bamwe mu batuye mu karere ka Kayonza. Mu murenge wa Rukara wo More...

Kayonza: Abaturage bahana imbibe na parike y’Akagera bazabona agahenge nyuma yo kuzitira iyo parike
Abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge ihana imbibe na Parike y’Akagera ku ruhande rw’akarere ka Kayonza, baravuga ko abaturage bo mu mirenge bayobora bazagira agahenge igihe uruzitiro rwa More...