
Nyamasheke: Abayobozi bagiye gukora akazi urugo ku rundi
Mu nama yahuje abayobozi b’imirenge n’ubuyobozi bw’akarere , tariki ya 17 Nzeri 2014, umuyobozi w’akarere yavuze ko nyuma yo gusinyana imihigo n’umukuru w’igihugu, More...

Kabaya: Bageze ku rugero rwa 83,4 % besa imihigo ya 2013/2014
Iyo uhamagaye abatuye umurenge wa Kabaya mu izina ry’ubutore ryâ€Indongozi barasubiza bati: “gukora ni kareâ€. Ibi bongeye no kubigaragaza muri uyu mwaka, aho baza ku isonga mu kwesa imihigo More...

Kamonyi: Imihigo y’umwaka wa 2012/2013 imaze kugerwaho hejuru ya 90%
Mu gikorwa cyo kureba aho imihigo y’umwaka wa 2012/2013, igeze ishyirwa mu bikorwa; Itsinda riturutse muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Intara y’Amajyepfo; ryasuye akarere More...

GISAGARA: URUHARE RW’UMUTURAGE RUFITE AGACIRO KANINI MU ITEGURWA RY’IMIHIGO
Mu gutegura imihigo ndetse no kuyishyira mu bikorwa, abayobozi bakwiye kujya bibuka ko uruhare rw’umuturage ari ingirakamaro, kuko bituma ishyirwa mu bikorwa ry’iyo mihigo ryoroha kuko umuturage More...

Nyanza: Mu mihigo biteguye kuva aho bari bakajya imbere
Akarere ka Nyanza ni kamwe mu turere 30 tugize u Rwanda twakunze kurangwa no kuza mu myanya y’inyuma mu mihigo ariko ubu ubuyobozi bw’ako karere butarangaza ko muri uyu mwaka wa 2012-2013 w’imihigo More...

Rwanda | GISAGARA: GUKORERA KU MIHIGO BIBAFASHA KWIHUTA MU ITERAMBERE
Ngo gukorera ku mihigo bituma abaturage biha intego mu bikorwa byabo kandi bakayigeraho ibyo bigatuma bihuta mu iterambere.Ibyo ni ibitangazwa n’abaturage bo mu murenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara, naho More...

Rwanda | Nyamagabe: Akarere kafashe imyanzuro igamije kuzamura imitangire ya serivisi nziza.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 29/11/2012, akarere ka Nyamagabe kagiranye inama n’abakuriye ibigo bitandukanye byaba ibishamikiye kuri leta cyangwa abikorera, inzego z’umutekano, amabanki More...

RWANDA | GISAGARA: BARASABWA KUNOZA IMIKORERE KUGIRANGO IMIHIGO IGENDE NEZA
Nyuma y’uko abakozi b’akarere ka Gisagara bagaragarije ibimaze kugerwaho muri aya mezi atandatu ashize hatangiwe umuhigo w’umwaka 2012-2013, ubuyobozi bw’intara y’amajyepfo bwongeye More...

Rwanda : Ngororero performance contracts to focus on community
District officials in Ngororero have resolved that the views of the community must take center stage in the implementation of the district performance contracts. Officials said that this will enable residents to More...

Rwanda : Imyanya myiza mu mihigo siyo ntego, turashaka impinduka mu mibereho y’abaturage-Guverineri w’Iburasirazuba
Guverineri w’Iburasirazuba arasaba abayobozi gufatanya ngo habe impinduka nziza mu Ntara ayoboye Ibi guverineri Uwamariya yabibwiye abayobozi b’ibanze mu nampa mpuzabikorwa y’Intara y’Iburasirazuba More...