
Musanze: Ubuyobozi bw’akarere burasabwa kwegera abaturage ngo bikemurire ibibazo aho gutegereza Leta
Senateri  Bajyana Emmanuel arakangurira abayobozi b’Akarere ka Musanze kurushaho kwegera abaturage kugira ngo basobanukirwe ko na bo bafite uruhare bagomba kugira ngo bikemurire ibibazo biba bibugarije More...

Rwamagana: Abarokotse jenoside barashima Inkotanyi zabarokoye
 Itariki ya 20 Mata 1994 ngo ni itariki itazibagirana ku barokotse jenoside yakorewe Abatutsi bo mu karere ka Rwamagana, kuko uwo munsi ari bwo Ingabo zahoze ari iza FPR Inkotanyi zasesekaraga muri aka karere More...

Nyamagabe: Kwirindira umutekano nibyo byahashya ubugizi bwa nabi
 Nyuma y’uko haragaragaye umubiri w’umuntu ukekwaho kwicwa, abaturage barasabwa ko kwirindira umutekano bakora amarondo, batanga amakuru ku gihe, bandi bagira amakenga, ari byo bizahashya ubugizi More...

Abaturage barasabwa kuba maso muri aya mezi ashyira iminsi Mikuru. « Gen. Elex Kagame ».
Umuyobozi w’ingabo mu Ntara y’amajyepfo General Alex Kagame arasaba abanyarwanda n’abayobozi b’inzego z’ibanze kuba maso muri iyi minsi mikuru bagakaza umutekano mu rwego More...

Nyagatare: Urubyiruko rugiye kurindwa ibishuko
Gahunda yo gutangiza gutoza urubyiruko umuco yabanjirijwe no gutera ibiti. Ibishuko biganisha ku buraya buvamo gutwara inda zitateguwe, indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina no kwishora mu biyobyabwenge More...

Rusizi: Urubyiruko rw’abanyeshuri rurasabwa kwirinda kwishora mu ngeso mbi.
Abitabiriye umuganda Basile aganira n’urubyiruko n’ababyeyi barwo nyuma y’umuganda Muri ibi bihe by’ibiruhuko, urubyiruko rw’abanyeshuri  rwo mu karere ka Rusizi rurasabwa More...

Rulindo: abayobozi b’akarere barishimira ubufatanye bw’abafatanyabikorwa mu iterambere.
Abafatanyabikorwa b’akarere ka Rulindo, ni bamwe mu bafasha ubuyobozi bw’akarere kugera kuri byinshi bijyanye n’iterambere, ubukungu, imibereho myiza n’ibindi byinshi bifasha ubuyobozi More...

Rusizi: Abaturage b’umurenge wa Gihundwe ngo ntibazatezuka mu kwiteza imbere
Abaturage bo mu murenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi barishimira impinduka y’ibikorwa by’iterambere igaragarira mubikorwa bitandukanye bikomeje gukataza mu murenge wabo muri uyu mwaka wa 2014. Ibyo More...

Rutsiro: umuyobozi wa gihango ahangayikishijwe n’icyaha cyo gukubita no gukomeretsa.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gihango mu karere ka Rutsiro Jules Niyodusenga atangaza ko mu murenge ayobora icyaha gikunze kugaragara ari icyo gukubita no gukomeretsa. Ibi yabitangaje nyuma More...

Rulindo: abaturage basanga guca ibiyobyabwenge bigomba guhera mu bayobozi
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rulindo baratangaza ko umuco wo gukoresha ibiyobyabwenge umaze gufata intera ndende mu batuye aka karere ,ngo aho usanga hari na bamwe mu bayobozi babyishoramo,ugasanga barabikoresha More...