
GISAGARA: Nyuma yo kongererwa igihe Intore ziri ku rugerero ziyemeje kongera ibikorwa
Intore zo mu mirenge ya Mukindo na Mugombwa ho mu karere ka Gisagara ziri ku rugerero ubwo zasurwaga n’itsinda rishinzwe kuzikurikirana mu karere, ziyemeje ko zigiye kongera ibikorwa kuko zongerewe igihe More...

Ngoma: Intore ziri kurugerero zashoje icyiciro cya mbere cy’ urugerero, zasabwe kuba bandebereho
Intore ziri kurugerero mu murenge wa Murama ho mu karere ka Ngoma ubwo zasozaga icyiciro cya mbere cy’ urugerero zizamaramo amezi atandatu, zasabwe ko ubutore batojwe bwabaranga kandi bakabutoza n’abandi. Umutoza More...

MU MURENGE WA KABAYA INTORE ZASOJE ICYICIRO CYA MBERE CY’IBIKORWA BY’URUGERERO.
Ku wa 28 Werurwe 2013 mu Murenge wa KABAYA icyiciro cya mbere cy’ibikorwa by’urugerero by’intore zo mu mutwe w’indongozi cyashojwe ku mugaragaro. Intore zo mu More...

Nyamagabe: Intore ngo ziteguye icyiciro cya kabiri cy’urugerero.
Intore z’ababerankindi zo mu murenge wa Uwinkingi mu karere ka Nyamagabe ziratangaza ko zishyigikiye urugerero kandi zikaba ziniteguye kuzakora icyiciro cya kabiri. Ibi zabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu More...

Ngororero: Gusoza icyiciro cya mbere cy’urugerero byaranzwe no gushima ababyeyi
Ababbyeyi bafite urubyiruko rw’intore zo kurugerero bo mu karere ka Ngororero barashimirwa ubwitange no kwihanganira abana babo bagize mugihe cy’amezi 3 maze bakitabira ibikorwa by’urugerero More...

Tige igiye gukoreshwa no kubakora ibindi byaha atari abagize uruhare muri jenoside nk’uko byari bisanzwe
Komisieri ushinzwe umusaruro w’ikigo cy’igihugu gishinzwe imfungwa n’abagororwa Numuhire Anastase asura abakora imirimo nsimbura gifungo mu murenge wa Gatsibo akarere ka gatsibo yatangaje ko More...

Nyanza: Icyumweru cy’icyunamo cyasojwe abaturage basabwa kugira umutima ukunda igihugu
Abayobozi bafashe umunota wo kwibuka abazize jenoside mu 1994  Mu muhango wo gusoza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 18 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 ku rwego rw’akarere ka Nyanza wabereye More...