
Rwamagana: Abarokotse jenoside barashima Inkotanyi zabarokoye
 Itariki ya 20 Mata 1994 ngo ni itariki itazibagirana ku barokotse jenoside yakorewe Abatutsi bo mu karere ka Rwamagana, kuko uwo munsi ari bwo Ingabo zahoze ari iza FPR Inkotanyi zasesekaraga muri aka karere More...

Gakenke: Umuturage agomba kumenya ibimukorerwa kuko aribwo abikora neza
Mu rwego rwo kumurikira abayobozi b’utugari n’imirenge ibyavuye mubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere (RGB) kubijyanye n’uko abaturage babona imiyoborere More...

Nyamasheke: Nyuma yo kugawa n’abaturage, abayobozi bagiye kurushaho kubegera
 Mu bushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere, Rwanda Governance Board (RGB), akarere ka Nyamasheke kabonye amanota ari munsi ya 50%, bigaragazwa n’ibara ry’umutuku More...

Ubushakashatsi: Ibipimo by’imitangire ya serivisi n’imiyoborere ngo byasubiye hasi ugereranyije n’imyaka ishize
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere cya RGB (Rwanda Governance Board) bugaragaza ko ibipimo by’imitangire ya serivisi n’imiyoborere muri rusange ku rwego More...

Ruhango: Biyemeje ubufatanye hagati y’inzego zose kugirango hatangwe serivise nziza
Abayobozi mu nzego zitandukanye baremeza ko bagiye gufatanya kugirango batanjye service nziza Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango buravuga ko bugiye gushyira imbaraga mu gufatanya n’inzego zose mu rwego More...

Serivisi nziza itangwa vuba, neza kandi mu mucyo- Rurangwa Jean Paul
Madamu Akimanizanye Adeline, yatunze agatoki ibigo by’ubuzima aho bikemangwa mu gutanga serivisi Umukozi ushinzwe imiyoborere myiza mu Karere ka Gakenke yibukije abantu bakorera ibigo bitandukanye bitanga More...

Isiragira ry’abaturage mu buyobozi ntabwo rihesha agaciro ubuyobozi –Jabo
Abayobozi b’utugari n’imidugudu mu karere ka Nyamasheke kuri uyu wa 11/06/2013 basabwe kwirinda gusiragiza abaturage mu nzira ahubwo bakamenya ko bagomba kubakemurira ibibazo Ibi byasabwe n’Umunyamabanga More...

Ruhango District to participate in good governance evaluation
Starting with June 2013, executive secretaries of the cells in every part of the country will be under evaluation. The evaluation will be about good governance and good service providers among Cell leaders and those More...

Abanya-Ngoma baremeza ko imitangire ya service muri leta n’abigenga igenda iba myiza
Mugihe hashize igihe kitari gito hatangijwe ubukangurambaga k’ugutanga service nziza mu cyiswe « Na yombi », abatuye akarere ka Ngoma baravuga ko ingufu zashyizwe muri icyi gikorwa zigenda More...

Abanya-Ngoma baremeza ko imitangire ya service muri leta n’abigenga igenda iba myiza
Mugihe hashize igihe kitari gito hatangijwe ubukangurambaga k’ugutanga service nziza mu cyiswe « Na yombi », abatuye akarere ka Ngoma baravuga ko ingufu zashyizwe muri icyi gikorwa zigenda More...