
Kamubuga: Bishimira uburyo gahunda y’ubudehe yabagejeje kuri byinshi
Bamwe mubaturage batuye mu karere ka Gakenke by’umwihariko abatuye mu murenge wa Kamubuga barishimira uburyo bamaze kwiteza imbere babikesha gahunda y’ubudehe kuko mbere yuko iyi gahunda itangira wabonaga More...

Gisagara: Abaturage barasabwa kugira uruhare mu bikorwa bagenerwa n’abafatanyabikorwa
Buri mufatanyabikorwa yari afite aho yerekanira ibijyanye n’ibyo akora Ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara burasaba abaturage b’aka karere kujya baha agaciro ibikorwa bitandukanye bagezwaho n’abafatanyabikorwa More...

Nyabihu: abaturage bashimira Perezida Kagame wazanye imihigo
Bamwe mu baturage b’akarere ka Nyabihu, bavuga ko muri byinshi bashimira Perezida Kagame, harimo no kuba yarazanye uburyo bwo gukorera ku mihigo. Bakaba bemeza ko ubu buryo bwatumye bagera kuri byinshi More...

Muhanga: Perezida Kagame arizeza Abanyarwanda iterambere ritajegajega
Ubwo perezida w’u Rwanda Paul Kagame yasuraga akarere ka Muhanga kuwa 17/07/2014 yashimangiye ko icyo gihugu cyizakomeza gushyira ingufu mu bikorwa by’iterambere bagamije ko imibereho myiza y’Abanyarwanda More...

Gicumbi – Bibohoye urwango abanyapolitike bo kuri leta ya Habyarimana yababibyemo
Sitade ya Byumba yari yuzuye abaturage baje kwizihiza ibirori Ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 20 u Rwanda rumaze rwibohoye abanyagicumbi bavuga ko bibohoye u rwango bari barabibwemo na leta y’uwahoze More...

Ruhango: Iyo umunsi wo kwibohora ugeze ashimishwa n’uko abaturage barata ibigwi by’ingabo zabohoye igihugu
Twagiramungu Jean Damascene ashimishwa n’ukuntu abaturage bashima ibigwi by’ingabo zabohoye igihugu Twagiramungu Jean Damascene utuye mu karere ka Ruhango ubana n’ ubumuga bwo gucika amaguru More...

Nyamasheke: Mukarutesi mu myaka ye y’ izabukuru avuga ko u Rwanda rwateye imbere
Mukarutesi Jyonovefa  ni umukecuru utuye mu mudugudu wa kirambo mu kagari ka kigoya mu murenge wa KANJONGO , avuga ko atazi imyaka ye ariko ko yakuze yumva bavuga ko barusha amahanga umwami wabo Musinga, akaba More...

Gisagara: Gukorera ku mihigo biri kubazamura mu itarambere
Abatuye akarere ka gisagara baratangaza ko imihigo y’ingo ifasha abagize umuryango gushyira umuhati mu bikorwa bahigiye gukora bityo iterambere rikihuta. Buri rugo rugira ikaye y’imihigo, rukabigaragariza More...

Gisagara: Nyuma y’urugamba rwo kwibohora haracyari urwo kwigira
Abaturage b’akarere ka Gisagara barasabwa kumva ko nyuma y’urugamba rwo kwibohora hakomeje urugamba rwo kwigira kuko ngo iyo umuntu agitegera amaboko abandi, aba ataribohora ku buryo bwuzuye. Ibi More...

Bugesera: Ingengo y’imari yazamutseho 13% ugereranyije n’ingengo y’imari y’umwaka ushize
Perezida wa njyanama y’akarere ka Bugesera, Kabera Pierre Claver Ingengo y’imari y’akarere ka Bugesera 2014-2015 ni miliyari 13 n’ibihumbi bisaga 800, ikaba yarazamutseho 13% ugereranyije More...