
Rwamagana: Guverineri Uwamaliya yasabye Intore zo ku Rugerero guharanira impinduka
 Abasore n’inkumi barangije amashuri yisumbuye, bakaba bari bamaze iminsi 3 mu Itorero ryo ku Rugerero mu karere ka Rwamagana, barasabwa kuba umusemburo w’impinduka nziza bihereye aho batuye kandi More...

Rulindo: abaturage basanga guca ibiyobyabwenge bigomba guhera mu bayobozi
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rulindo baratangaza ko umuco wo gukoresha ibiyobyabwenge umaze gufata intera ndende mu batuye aka karere ,ngo aho usanga hari na bamwe mu bayobozi babyishoramo,ugasanga barabikoresha More...

Gatsibo: Hamenwe ibiyobyabyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 3
Abaturage bafatanyije na Polisi kumena ibi biyobyabwenjye Abaturage b’Akarere ka Gatsibo barasabwa kutishora mu biyobyabwenge kuko icyo gikorwa ari icyaha gihanirwa n’amategeko. Ibi ni ibyatangajwe More...

Burera: Hangijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 32 z’amafaranga y’u Rwanda
Abaturage bo mu karere ka Burera bafatanyije n’ubuyobozi bw’ako karere ndetse n’inzego zishinzwe kubungabunga umutekano, ku wa gatau tariki ya 19/09/2014, bamennye ibiyobyabwenge birimo kanyanga, More...

Gicumbi – Guverineri Bosenibamwe yasabye abarembetsi barahariye imbere y’abayobozi gucika ku biyobyabwenge
Guverineri bosenibamwe ari kumwe n’abandi bayobozi b’ibinzego zitandukanye Abaremebtsi 106 barekuwe basinya inyandiko ko batazongera kwishora mubikorwa byo gucuruza ibiyobyabwenge basabwe na Guverineri More...

Nyamasheke: Ibiyobyabwenge ku isonga y’ibihungabanya umutekano
Mu nama y’umutekano yaguye y’akarere ka Nyamasheke yateranye kuri uyu wa gatatu tariki ya 18 Kamena 2014, abayobozi n’inzego z’umutekano bavuze ko ibiyobyabwenge biri ku isonga mu More...

Burera: Umukwabu wo gufata Abarembetsi umaze guta muri yombi abagera kuri 422
Ubuyobozi bw’akarere ka Burera butangaza ko umukwabu bumaze iminsi bukora wo gufata abantu bacuruza ikiyobyabwenge cya kanyanga, bazwi ku izina ry’Abarembetsi, umaze gufata abagera kuri 422. Ubu buyobozi More...

Nyagatare: Ibiyobyabwenge bya miliyoni zisaga 4 nibyo byangijwe
Kuri uyu wa 11 Kamena, 2014 mu mudugudu wa Barija A akagali ka Barija umurenge wa Nyagatare hamenwe ibiyobyabwenge birimo inzoka ya Kanyanga n’izindi z’inkorano nka Muriture, izo mu mashashi ndetse More...

Burera: Abaturage bemeza kanyanga gucika burundu kwa kanyanga muri ako karere bigikomeye
Abaturage batandukanye bo mu karere ka Burera bavuga ko guca burundu ikiyobyabwenge cya kanyanga muri ako karere bidashoboka ngo kuko baturanye na Uganda aho ikorerwa kandi bakajya kuyigurayo biboroheye. Â Abo More...

Gatsibo: Kabarore na Kiramuruzi niyo mirenge iza ku isonga mu kugaragaramo ibyaha by’urugomo
Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo n’abahagarariye Ingabo na Polisi mu Karere Imirenge ya Kabarore na Kiramuruzi iherereye mu Karere ka Gatsibo, niyo itungwa agatoki n’inzego z’umutekano More...