
Gusubira ku biyobyabwenge kubavuye Iwawa n’ikosa ry’Uturere
Abavuye Iwawa bashyizwe muri Koperative United for Development Cooperative Ubuyobozi bw’uturere butungwa intoki kuba hari abana bavanwa Iwawa bakongera gusubira mu biyobyabwenge kandi dufitanye amasezerano More...

Rwamagana: Guverineri Uwamaliya yasabye Intore zo ku Rugerero guharanira impinduka
 Abasore n’inkumi barangije amashuri yisumbuye, bakaba bari bamaze iminsi 3 mu Itorero ryo ku Rugerero mu karere ka Rwamagana, barasabwa kuba umusemburo w’impinduka nziza bihereye aho batuye kandi More...

Ngororero: Intore zatojwe umuco wo guhiga no guhigura
Bishimiye ibyo bakuye mw’Itorero Mu ntangiro za 2015 abasore n’inkumi barangije amashuri yisumbuye bagera ku 1359 bashyize ahagaragara imihigo bazesereza iwabo mu midugudu. Nyuma y’inyigisho More...

Tugeze mu gihe umuntu utazi gusoma no kwandika arimo asigara mu iterambere – Rwamukwaya
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Rwamukwaya Olivier, yasuye ibikorwa by’uburezi bitandukanye N’ubwo mu gihugu hariho gahunda y’uburezi kuri bose, hari abakuze bahuye n’ingorane More...

Gakenke: Youth conclude Urugerero
Youth in the northern district of Gakenke on June 24 concluded the Urugerero National Civic Program designed for High School graduates country wide. The programme has been going on for the last six months country More...

Gisagara: Intore zirashimirwa uruhare zigira mu iterambere ry’akarere
Ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara burashima ibikorwa by’intore z’imparirwakurusha zishoje igihembwe cya gatatu cy’urugerero, aho buhamya ko izi ntore zigira uruhare rugaragara mu iterambere More...

Ngoma: Itorero ku rugerero ryatangijwe mu tugali twose tugize akarere
Mu gihe ibikorwa by’intore ziri kurugerero byatangijwe mu tugari twose tugize akarere ka Ngoma, Bosco Rutagengwa umukozi mu karere ka Ngoma ushinzwe urubyiruko, umuco na sport asaba intore zose kwitabira More...

Rulindo: hatangijwe itorero ku mugaragaro mu rubyiruko rurangije amashuri yisumbuye.
Minisitire muri prezidance Tugireyeze Venancie kuri uyu wa kabiri tariki ya 3/12/2013 nibwo yatangije ku mugaragaro itorero ry’urubyiruko rurangje amashuri yisumbuye mu karere ka Rulindo rwahuriye kuri More...

Kuba uzi imibare na Chimie ntabwo bituma uba Umunyarwanda nyawe, kuko n’abakoze Jenoside harimo abadogiteri – Mayor Byukusenge
Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Byukusenge Gaspard yabwiye abarangije ayisumbuye bari mu itorero ko itorero ari umwanya mwiza wo kugira ngo ubumenyi bakuye mu mashuri babwongereho Ubunyarwanda bityo babe More...

Ngororero: Intore ziyemeje kurangwa n’ubutore n’indangagaciro nyarwanda
Intore 979 zirimo abakobwa 439 n’abahungu 541 barangije amashuri yisumbuye zatangiye gahunda z’Itorero. Urwo Rwanda rw’ejo rwiyise INTARUSHWA MU MIHIGO, INTAVOGERWA, INTIGANDA n’andi More...