Gatsibo: Imitwe ya politiki n’amadini barasabwa uruhare rwabo mu migendekere myiza y’amatora
Ruboneza Ambroise Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo akaba na Chairman wa FPR Mu gihe hasigaye igihe cy’amezi asaga atatu ngo amatora y’inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepiote atangire, mu Karere ka Gatsibo More...
Gicumbi : Barasabwa kwitabira amatora kuko ari ipfundo rihuza umuyobozi n’ uyoborwa
Uwari uhagarariye komisiyo y’igihugu y’amatora Uruhare rw’ abaturage mu miyoborere yabo ni yo nkingi itajegajega ibafasha kugera ku iterambere rirambye. Amatora ni ipfundo rihuza umuyobozi n’ uyoborwa, More...
Rubavu: abamaze kwikosoza kuri liste y’itora bagera kuri 88.5%
Hasigaye amezi 3 kugira ngo abanyarwanda bagejeje igihe cyo gutora bashobore kwihitiramo abazabahagararira mu nteko ishingamategeko, ariko mu karere ka Rubavu abagera kuri 11.5% ntibarashobora kwikosoza k’urutonde More...
Nkomane: Abaturage barasabwa kwitegura neza amatora y’abadepite.
Ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu murenge wa Nkomane mu karere ka Nyamagabe mu muganda rusange usoza ukwezi kwa gatanu tariki ya 25/05/2013, umuyobozi wungirije wa Komisiyo y’igihugu y’amatora, Mukansanga More...
Burera: Barasabwa kuzitabira amatora y’abadepite bazi ko bari kwikorera
Abaturage bo mu karere ka Burera barasabwa kwitabira amatora y’abadepite ateganyijwe mu kwezi kwa 09/2013, bakayakora mu mucyo, bihitira mo ababahagararira mu nzego z’ubuyobozi bw’igihugu kuko aribyo byimakaza More...
Bugesera : Abafatanyabikorwa ba Komisiyo y’amatora biyemeje kuzagira uruhare mu matora y’abadepite
Abafatanyabikorwa ba komisiyo y’amatora mu karere ka Bugesera Abafatanyabikorwa ba komisiyo y’amatora mu karere ka Bugesera biyemeje kuzagira uruhare mu matora y’abadepite ateganyijwe mu kwezi kwa 9/2013. Ibyo More...
Muhanga: Haribazwa uko abapfuye baramaze kubarurwa ku ilisiti y’itora bizagenda
Bamwe mu batuye mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo baribaza uko abantu bapfuye mu gihe ibarura ry’abazatora abazajya mu nteko y’abadepite, bizagenda niba kuguma ku ilisiti y’itora ntacyo bizica cyangwa More...
Rwanda | Rutsiro : Abahagarariye urubyiruko bahuguwe ku miterere n’imigendekere y’amatora mu Rwanda
Abahagarariye urubyiruko ku rwego rw’imirenge no ku rwego rw’akarere ka Rutsiro baratangaza ko ubumenyi bungutse ku bijyanye n’amatora ari ingirakamaro kuko ubusanzwe bitabiraga amatora ariko nta byinshi bayaziho. More...
GISAGARA: URUBYIRUKO RURASHISHIKARIZWA KUZITABIRA AMATORA YA 2013
Urubyiruko ruhagarariye urundi mu karere ka Gisagara rumaze guhugurwa kuri gahunda y’amatora y’amatora ateganyijwe muri nzeri 2013. Rurashishikarizwa kuzitabira aya matora ndetse rukayashishikariza n’urundi More...
Rwanda | Ngororero: Abana bo mu Karere ka Ngororero batoye abazayobora ihuriro ryabo
Kuwa 23/8/2012, Abana bahagarariye abandi baturutse mu mirenge yose yo mu karere ka Ngororero batoye komite igizwe n’abantu 6 izayobora ihuriro ryabo. Mu mpanuro Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho More...
