
Karongi: Gutahiriza umugozi umwe n’izindi nzego ngo ni byo bizatuma urubyiruko rushobora kwesa neza imihigo
Kuri uyu wa 12 Ugushingo 2014, abagize Inama y’Igihugu y’Urubyiruko mu Karere ka Karongi bahigiye imbere y’ubuyobozi bw’akarere ibyo rwiyemeje kugeraho maze bugaragaza ko rukeneye gushyigikirwa More...

Urubyiruko rukora ni icyizere cy’amajyambere y’igihugu
NYAGATARE- Inka zitagira inyana ziracika.Ibi bikaba bishushanyako igihugu gufite urubyiruko rukora kiba gifite icyizere cy’amajyambere. Ibi ni ibyagarutsweho na Mazina J Bosco umuyobozi w’ungirije More...

GISAGARA: ABATURAGE BARASABWA KUREKA IMYUMVIRE ISHAJE
Abaturage b’akarere ka Gisagara barasabwa gukangukira gahunda z’iterambere bakareka guheranwa n’imyumvire ya kera yababwiraga ko umurimo w’abasokuruza gusa ariwo ugomba kubabeshaho, kandi More...

Nyamasheke: CDC yanenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano zabo
Mu nama ya komite ishinzwe iterambere ry’akarere (CDC) yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 12/06/2012, abagize CDC banenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano ziba zikubiye mu masoko baba batsindiye. Muri More...

Abaturage barasabwa kongera amasaha yo gukora no kwitabira gahunda za†Hanga umurimoâ€
Urubyiruko rwitabire gahunda zo kwihangira imirimo no kwiteza imbere Mu rwego rwo kwiteza imbere,Abanyarwanda barasabwa kongera amasaha yo gukora. Ibi bikaba byatangajwe na Minisitiri w’intebe Dr Pierre More...

Muhanga: Urubyiruko rurasabwa kudasuzugura umurimo ushobora kubatunga
Rumwe mu rubyiriko ruhagarariye urundi mu karere ka Muhanga rurasabwa kudasuzugura umurimo uwo ari wo wose babona ushobora kubatunga kuko byagaragaye ko hari abenshi basuzugura imirimo iciriritse kandi ari imwe More...

Urubyiruko rw’i Mukarange rurahamagarirwa gukura amaboko mu mifuka rukiteza imbere
Bamwe mu rubyiruko rwo mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza, barahamagarira bagenzi ba bo gukura amaboko mu mifuka bagaharanira gukora icyabateza imbere. Urwo rubyiruko rwabitangaje kuri uyu wakabiri mu More...

Kayonza ikwiye kugira “Agakinjiro†kazatanga akazi ku bashomeri
Guverineri w’intara y’uburasirazuba Uwamariya Odette ngo asanga akarere ka Kayonza gakwiye kugira “Agakinjiro†aho abanyamyuga bashobora kujya More...

Muhanga: Muri Gicurasi urubyiruko ruzahabwa ikigo kizarufasha by’umwihariko kwiga kwiteza imbere
Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko , PMU/Grobal Fund ROUND 7, kagiye gushinga ikigo kizaba kitwa MUHANGA Youth Friendly Centre, kizajya gifasha urubyiruko kwihangira imirimo, imyidagaduro More...