
Rutsiro : Amakuru yahabwaga yatumye amara imyaka 20 muri Kongo.
Tariki 22/9/2014 ,Umukecuru w’imyaka 65 yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka 20 ari impunzi mu gihugu cya congo. impamvu ngo yatinze gutahuka ni uko yahabwaga amakuru avuga ko mu Rwanda abanyarwanda More...

Ushaka kwiga amahoro n’iterambere asura umupaka muto wa Rubavu-Gen Nzabamwita
Bimwe mu byuma bikoreshwa n’ikoranabuhanga mukohereza abantu mu kwambuka Bamwe mubitabiriye inama y’iminsi itatau Nyakinama ubwo barimo basura umupaka muto Rubavu Umuvugizi w’ingabo z’u More...

Burera: Umukwabu wo gufata Abarembetsi umaze guta muri yombi abagera kuri 422
Ubuyobozi bw’akarere ka Burera butangaza ko umukwabu bumaze iminsi bukora wo gufata abantu bacuruza ikiyobyabwenge cya kanyanga, bazwi ku izina ry’Abarembetsi, umaze gufata abagera kuri 422. Ubu buyobozi More...

Burera: Abaturage bemeza kanyanga gucika burundu kwa kanyanga muri ako karere bigikomeye
Abaturage batandukanye bo mu karere ka Burera bavuga ko guca burundu ikiyobyabwenge cya kanyanga muri ako karere bidashoboka ngo kuko baturanye na Uganda aho ikorerwa kandi bakajya kuyigurayo biboroheye. Â Abo More...

U Rwanda na IOM batangije gahunda nshya yo gufasha abatahuka gusubira mu buzima busanzwe.
Leta y’u Rwanda ifatanyije n’umuryango IOM imaze gutangiza uburyo bushya bwo gufasha Abanyarwanda batahuka gusubira mu buzima busanzwe mu buryo burambye kandi bufatika. Igishya kiri muri ubu buryo More...

U Rwanda na IOM batangije gahunda nshya yo gufasha abatahuka gusubira mu buzima busanzwe.
Leta y’u Rwanda ifatanyije n’umuryango IOM imaze gutangiza uburyo bushya bwo gufasha Abanyarwanda batahuka gusubira mu buzima busanzwe mu buryo burambye kandi bufatika. Igishya kiri muri ubu buryo More...

Rwanda | GISAGARA: AKARERE KIYEMEJE KUZOROHEREZA RWIYEMEZAMIRIMO UZAHUBAKA HOTEL
Ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara buratangaza ko bwiteguye kuzorohereza rwiyemezamirimo uzashaka kubaka Hotel mu murenge wa Save akagari ka Rwanza, ahareba mu karere ka Huye hitwa muri Rwabuye, ahakaswe ibibanza More...

U Rwanda nirwo rwonyine rudashyira amananiza ku bacururiza muri EAC
Ubushakashatsi bwakozwe mu mayira anyuramo ibicuruzwa mu bihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC buragaragaza ko ibihugu bya Tanzaniya, Kenya, Uganda n’u Burundi bifite amananiza More...