
Gatsibo: 80% by’ibyaha bikomoka ku biyobyabwenge
 Inzego z’umutekano n’Ubuyobozi bw’Akarere bamena kanyanga y’inkorano Kuri uyu wa kane tariki 21/5/2015, mu karere ka Gatsibo mu Mirenge ya Ngarama na Kabarore, habereye igikorwa More...

Rwamagana: Guverineri Uwamaliya yasabye Intore zo ku Rugerero guharanira impinduka
 Abasore n’inkumi barangije amashuri yisumbuye, bakaba bari bamaze iminsi 3 mu Itorero ryo ku Rugerero mu karere ka Rwamagana, barasabwa kuba umusemburo w’impinduka nziza bihereye aho batuye kandi More...

Ngororero: Intore zatojwe umuco wo guhiga no guhigura
Bishimiye ibyo bakuye mw’Itorero Mu ntangiro za 2015 abasore n’inkumi barangije amashuri yisumbuye bagera ku 1359 bashyize ahagaragara imihigo bazesereza iwabo mu midugudu. Nyuma y’inyigisho More...

Rulindo: abaturage basanga guca ibiyobyabwenge bigomba guhera mu bayobozi
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rulindo baratangaza ko umuco wo gukoresha ibiyobyabwenge umaze gufata intera ndende mu batuye aka karere ,ngo aho usanga hari na bamwe mu bayobozi babyishoramo,ugasanga barabikoresha More...

Gicumbi – Guverineri Bosenibamwe yasabye abarembetsi barahariye imbere y’abayobozi gucika ku biyobyabwenge
Guverineri bosenibamwe ari kumwe n’abandi bayobozi b’ibinzego zitandukanye Abaremebtsi 106 barekuwe basinya inyandiko ko batazongera kwishora mubikorwa byo gucuruza ibiyobyabwenge basabwe na Guverineri More...

Burera: Umukwabu wo gufata Abarembetsi umaze guta muri yombi abagera kuri 422
Ubuyobozi bw’akarere ka Burera butangaza ko umukwabu bumaze iminsi bukora wo gufata abantu bacuruza ikiyobyabwenge cya kanyanga, bazwi ku izina ry’Abarembetsi, umaze gufata abagera kuri 422. Ubu buyobozi More...

Nyagatare: Ibiyobyabwenge bya miliyoni zisaga 4 nibyo byangijwe
Kuri uyu wa 11 Kamena, 2014 mu mudugudu wa Barija A akagali ka Barija umurenge wa Nyagatare hamenwe ibiyobyabwenge birimo inzoka ya Kanyanga n’izindi z’inkorano nka Muriture, izo mu mashashi ndetse More...

Gicumbi – Polisi yahuguye abakozi gukoresha kizimyamwoto
Mu rwego rwo gukumira inkongi z’imiriro n’ibiza urwego rwa polisi rushinzwe gukumira Ibiza n’inkongi y’umuriro rwahuguye abakozi baturutse mubigo bitandukanye uburyo bwo gukoresha kizimyamwoto. Inspetor More...

Burera: Abaturage bemeza kanyanga gucika burundu kwa kanyanga muri ako karere bigikomeye
Abaturage batandukanye bo mu karere ka Burera bavuga ko guca burundu ikiyobyabwenge cya kanyanga muri ako karere bidashoboka ngo kuko baturanye na Uganda aho ikorerwa kandi bakajya kuyigurayo biboroheye. Â Abo More...

Kunywa ibiyobyabwenge ndetse n’ubujura buciye icyuho nibyo byaha byiganje mu karere ka Gicumbi
Mu nama y’umutekano yaguye yabereye mu karere ka Gicumbi hagaragaye ko ibyaha byo kunywa kanyanga n’ubujura buciye icyuho aribyo biza ku isonga muri aka karere. Kuri uyu 10/06/2013 inama y’umutekano More...