
Rusizi: Abaturage barifuza ko bagira uruhare mubibakorerwa
Nyuma y’aho Leta y’ URwanda yagiye ishyiraho inzego zitandukanye hagamijwe kunoza imiyoborere myiza ibereye abaturage kuva habaho amakomine kugeza magingo aya hariho uturere, abaturage bo mu karere More...

Nyamasheke: Abayobozi basabwe kujya mu mahugurwa y’imiyoborere
Mu gihe ukwezi kwahariwe imiyoborere mu Rwanda hose kuzasozwa ku itariki ya 24 Ukwakira 2014, umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke avuga ko hakiri intambwe ndende kugira ngo ibibazo by’abaturage bibashe More...

Shyira: Umusaza Mujyarugamba yabayeho ku ngoma ya Musinga ariko nta yindi arabona yita ku baturage neza nka Leta y’ubumwe
Kuva ku ngoma ya Musinga ariho, umusaza Mujyarugamba Filipo wavutse mu mwaka w’1936, wo mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu,avuga ko yabonye ingoma nyinshi,ariko nta ngoma yigeze yita ku baturage More...

Rulindo: abayobozi barafatanya n’abaturage gukemura ibibazo
Mu kwezi kwahariwe gahunda zijyanye n’imiyoborere myiza mu karere ka Rulindo, abayobozi batandukanyebakomeje kwegera abaturage no gufatanyiriza hamwe gukemura ibibazo bibugarije. Ni muri urwo rwego taliki More...

Burera: Ubuyobozi bw’akarere burasabwa kujya buhemba abakoze neza atari mu mihigo gusa
Guverineri w’intara y’amajyaruguru, Bosenibamwe Aimé, asaba ubuyobozi bw’akarere ka Burera kujya buhemba abantu bo muri ako karere baba barakoze ibintu by’indashyikirwa mu kwimakaza More...

Gisagara: Imiyoborere myiza ni urugendo rugikomeza
Abatuye akarere ka Gisagara baratangaza ko imiyoborere myiza bayibona muri gahunda zinyuranye zibagenewe bagezwaho n’ubuyobozi ariko kandi bakavuga ko hakirimo urugendo kuko hari n’ibyo bifuza kugeraho More...

Gatsibo: Bemeza ko imiyoborere myiza yatumye bagera ku iterambere
Habarurema Isaie Umuyobozi w’akarere ka Gatsibo wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere Muri uku kwezi kwahariwe imiyoborere myiza abaturage bo mu karere ka Gatsibo, baratangaza ko inama bagiye bagirwa More...

Busogo – Basanga kuba umunyarwanda atari ugutunga indangamuntu gusa
Bamwe mu batuye umurenge wa Busogo mu karere ka Musanze, baravuga ko kuba umunyarwanda birenze kuba ufite indangamuntu y’u Rwanda, ahubwo akaba ari umuntu wimakaza indangagaciro z’ubunyarwanda. Ibi More...

Ruhango District to participate in good governance evaluation
Starting with June 2013, executive secretaries of the cells in every part of the country will be under evaluation. The evaluation will be about good governance and good service providers among Cell leaders and those More...

KARONGI: Imiyoborere myiza igomba guhera mu ngo – Umuyobozi w’akarere Kayumba B
Umuyobozi w’akarere ka Karongi Kayumba B, ari kumwe n’abagize komisiyo ishinzwe ubuyobozi, politike n’amategeko muri Njyanama y’akarere Asoza ukwezi kwahariwe imiyoborere myiza, umuyobozi More...