
Gakenke: hari Imishinga ishobora kutazaboneka mu mwaka w’ingengo y’imari 2015-2016
 Mu ngengo y’imari y’amajyambere y’umwaka wa 2015-2016 y’ Akarere ka Gakenke hashobora kutazagaragaramo imishinga ifite agaciro ka miliyari eshatu na miriyoni magana abiri (3.200.000.000) More...

RUSIZI: INAMA JYANAMA IDASAZWE Y’AKARERE KA RUSIZI YEMEJE INGENGO Y’IMARI IVUGURUWE
Abajyanama b’akarere ka rusizi bemeza ingengo y’imari Amafaranga y’u Rwanda angana na Miliyoni  800 zisaga  nizo zongerewe mu ngengo y’imari  ya 2013-2014 ikuwe kuri  miliyari More...

Nyamagabe: Kuba nta mirimo myinshi iba mu mpeshyi biri mu byongereye ibyaha.
Mu nama y’umutekano yaguye y’akarere ka Nyamagabe yateranye kuri uyu wa gatatu tariki ya 31/07/2013, igamije kurebera hamwe uko umutekano wari wifashe mu kwezi kwa Nyakanga ndetse no gufata ingamba More...

Rwanda : Intara y’uburengerazuba irishimira uburyo imisoro yinjiye umwaka ushize.
Umuyobozi w’intara y’uburengerazuba, Kabahizi Celestin, aratangaza ko bishimira uburyo binjije imisoro n’amahoro mu mwaka w’ingengo y’imari ushize kuko babashije kurenza ayo bari More...

Rwanda : Buri murenge wo mu Ntara y’amajyepfo ufite 4.000.000 zo gufasha abacitse ku icumu mu mishinga yo kwiteza imbere
Nyuma yo kubona ko abacitse ku icumu bo mu Ntara y’Amajyepfo bakennye cyane, bakaba bagomba gufashwa kwiteza imbere bakikura mu bukene, buri Murenge wo muri iyi Ntara wagenewe miliyoni enye zo kubafasha More...