
GISAGARA: Nyuma yo kongererwa igihe Intore ziri ku rugerero ziyemeje kongera ibikorwa
Intore zo mu mirenge ya Mukindo na Mugombwa ho mu karere ka Gisagara ziri ku rugerero ubwo zasurwaga n’itsinda rishinzwe kuzikurikirana mu karere, ziyemeje ko zigiye kongera ibikorwa kuko zongerewe igihe More...

Nyanza: Abagize intore ku rwego rw’akarere bitoyemo komite ishinzwe ubuhwituzi
Abagize inteko y’intore ku rwego rw’akarere ka Nyanza bahuriye mu cyumba cy’inama cy’aka karere bitoramo komite ishinzwe ubuhwituzi tariki 21/06/2012. Icyo gikorwa cy’amatora More...

Nyamasheke: Intore za Gasayo zahize kwesa imihigo iganisha ku itarambere n’imibereho myiza
Mu muhango wo gusoza itorero ry’igihugu ku rwego rw’imidugudu wabaye kuri uyu wa kane tariki ya 14/06/2012, intore zo mu midugudu igize akagari ka Gasayo ko mu murenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke More...

Komite z’intore mu tugari n’imidugudu bagera ku 134 bahuguwe ku ruhare rwabo mu kwimakaza Demokarasi n’imiyoborere myiza
Kuri uyu wa 11/06/2012 mu murenge wa Nyarubuye akarere ka Kirehe abagize intore ku rwego rw’imidugudu bahuguwe na komisiyo y’igihugu y’amatora ku ruhare rw’intore mu kwimakaza Demokarasi More...

Ruhango: “umuturage w’u Rwanda agomba gutora yumva ko yisanzuye†Irambona Liberate
Intore zo mu karere ka Ruhango ziri mu mahugurwa Irambona Liberate ni umukozi wa komisiyo y’igihugu y’amatora ashinzwe guhuza ibikorwa by’amatora mu ntara n’umujyi wa Kigali, avuga ko More...

Abayobozi b’utugari two mu ntara y’amajyepfo bateye inkunga abasenyewe n’ibiza bo mu karere ka Gakenke
Intore z’abanyamabanga nshingabikirwa b’utugari bo mu ntara y’amajyepfo bateye inkunga y’amabati abaturage bo mu karere ka Gakenke basenyewe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi More...

Gakenke : Intore zaguriye imidugudu 27 telefoni zo guhana amakuru mu rwego rwo kwicungira umutekano
Abagabo n’abagore bagize itorero ryo ku mudugudu mu Murenge wa Muyongwe, akarere ka Gakenke bambaye imyambaro y’umweru bararimba ndetse banacinya akadiho bati : « Intore yishakira ibisubizo More...

Ruhango: intore zirasabwa kugaragaza ubutore bwazo mu matora
Komisiyo y’igihugu y’amatora irasaba ko intore zidakwiye kujya zigaragaza mu bindi bikorwa gusa, ahubwo ko zinagomba kugaragaza ubutwari bwazo mu bihe by’amatora zifasha abaturage kumenya More...

Intore ni umuyoboro mwiza wo kugeza ku bandi gahunda za Guverinoma†Komisiyo y’igihugu cy’amatora
Aya magambo ni ayatangajwe na Gloriose Musekeweya abajijwe impamvu bahisemo guhugura abahagarariye intore kandi basanzwe ari intore. Ibyo akaba yabitangarije mu mahugurwa yabaye ku itariki 29 werurwe ku biro by’umurenge More...

Nyanza: Intore zahuguwe kuri demokarasi n’imiyoborere myiza
Komisiyo y’igihugu y’amatora yahuguye mu karere ka Nyanza intore zo mu mirenge ya Busasamana, Kigoma na Mukingo muri ako karere ku ruhare rwazo mu kwimakaza demokarasi n’imiyoborere myiza More...