
Burera: Nubwo baje ku mwanya wa 20 mu mihigo ngo ibikorwa bahize byose babigezeho
Nyuma y’uko akarere ka Burera kabaye aka 20 mu mihogo y’umwaka wa 2013-2014 kandi ubusanzwe katarajyaga kabura mu turere 10 twa mbere, ubuyobozi bw’ako karere buvuga ko bwafashe ingamba kuburyo More...