
Kayonza: Guhugura inzego z’urubyiruko ku mategeko bitanga icyizere cy’ahazaza h’igihugu
Ishami ry’umuryango HAGURUKA rikorera mu ntara y’uburasirazuba, kuri uyu wagatatu ryahuguye abahagarariye inzego z’urubyiruko mu karere ka Kayonza ku mategeko atandukanye. Urwo rubyiruko rwahuguwe More...

Gutanga amakuru kare ni bumwe mu buryo bwo gukumira amakimbirane mu miryango
Ibyo byagarusweho mu mahugurwa umuryango nyarwanda uharanira uburenganzira bw’umugore n’umwana HAGURUKA yageneye abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari tugize akarere ka Kamonyi, ku mategeko More...

Huye: abafatanyabikorwa bishyiriyeho amategeko abagenga
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Huye ni imiryango itegamiye kuri Leta ikorera muri aka Karere. Kugira ngo babashe gukora uko bikwiye, muri gahunda yo gufasha Akarere kugera ku iterambere ry’abaturage, More...

Nyagatare : Kumenya itegeko rigenga umurimo bizagabanya amakimbirane ashingiye ku masezerano
Kuri uyu wa 27 Werurwe 2012, abakozi ba Minisiteri ifite umurimo mu nshingano zayo baganirije abakozi n’abakoresha mu karere ka Nyagatare ku itegeko ry’umurimo bagamije kugabanya ibibazo by’ubwumvikane More...