
Muhanga : Abakoze neza barashimirwa abandi bagasabwa kwikubita agashyi
Kuwa Kabiri taliki ya 15 Ugushyingo,2014 nibwo Hizihijwe umunsi w’umuhizi mu karere ka Muhanga, aho abayobozi bitwaye neza kurusha abandi bashyikirijwe ibihembo kandi banahabwa impanuro zo gukomeza kongera More...

Rwamagana: Abayobozi b’utugari basabwe gufatanya n’abaturage gusigasira umutekano
 Inama y’umutekano yaguye y’akarere ka Rwamagana yateranye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 14/05/2014, yasabye abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari tugize aka karere kuba maso bagafatanya More...

Kayonza: Umuyobozi mushya w’akarere ushinzwe imibereho myiza y’abaturage ngo yiteguye kuba umugaragu w’abaturage
Uwibambe Consolee uherutse gutorerwa kuba umuyobozi w’akarere ka Kayonza wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage ngo yiteguye kuba umugaragu w’abaturage kugira ngo inshingano yahawe More...

Rwanda : Abikorera bifuza kugira ababahagarariye muri njyanama z’Uturere
Iki cyifuzo cyagaragajwe n’abikorera bahagarariye abandi bo mu Turere twa Huye, Gisagara, Nyaruguru na Nyamagabe bari bateraniye i Huye ku wa 21 Kanama, 2012. N’ubwo icyari kibateranyirije hamwe kwari More...

“ Kuzindurwa no gutora imfabusa ntaho bitaniye no gucumuraâ€- Abanyamadini
Nyuma y’uko abanyamadini bo mu karere ka Nyanza bahawe amahugurwa na komisiyo y’igihugu y’amatora biyemeje ko bagiye gufasha iyi komisiyo kurandura icyo bise umuco mubi wo kuzindukira ku biro More...

Rwanda | Abayobozi b’ibanze barasaba polisi kutabatererana mu kurwanya ibiyobyabwenge
guhashya ibiyobyabwenge birasabba ubufatanye bw’inzego zose Abayobozi mu nzego z’ibanze, cyane cyane abayobozi b’imidugudu baravuga ko batagishoboye guhangana n’abacuruza ibiyobyabwenge More...

Intumwa z’u Burundi zashimye ibikorwa u Rwanda rumaze kwigezaho.
Mbarubukeye Severain (Imbere ibumoso) waje ahagarariye intumwa z’u Burundi. Intumwa z’u Burundi ziri mu rugendoshuri mu karere ka Nyamagabe zashimye ibikorwa by’iterambere akarere ka Nyamagabe More...

Abayobozi b’uturere barasabwa gushyira mu bikorwa ibyo baba baremeye gukora
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu arasaba abayobozi b’uturere kujya bashyira mu bikorwa ibyo baba baremeye gukora byose nta na kimwe basize inyuma kuko byose bifitiye akamaro abaturage. Tariki More...

Rwanda | Leaders urged to collaborate with residents.
All Sector Executive Secretaries must improve their coordination mechanisms if they are to effectively serve residents at the grass root levels. The leaders were asked to let residents play a major role in More...