
Ruhango: Iyo umunsi wo kwibohora ugeze ashimishwa n’uko abaturage barata ibigwi by’ingabo zabohoye igihugu
Twagiramungu Jean Damascene ashimishwa n’ukuntu abaturage bashima ibigwi by’ingabo zabohoye igihugu Twagiramungu Jean Damascene utuye mu karere ka Ruhango ubana n’ ubumuga bwo gucika amaguru More...

Gisagara: Nyuma y’urugamba rwo kwibohora haracyari urwo kwigira
Abaturage b’akarere ka Gisagara barasabwa kumva ko nyuma y’urugamba rwo kwibohora hakomeje urugamba rwo kwigira kuko ngo iyo umuntu agitegera amaboko abandi, aba ataribohora ku buryo bwuzuye. Ibi More...

Huye: FPR Inkotanyi batabaye abicwaga ndetse n’ababicaga-Meya Muzuka
Mu ijambo umuyobozi w’Akarere ka Huye, Kayiranga Muzuka Eugène, yagejeje ku bari bateraniye i Kinazi ubwo abaturage bo muri uyu Murenge bashyinguraga bakanibuka jenoside yakorewe abatutsi, kuwa 28/4/2012, More...

Kayonza: Bamwe ntibazi gutandukanya umunsi w’ubwigenge n’uwo kwibohora
Bamwe mu batuye mu karere ka Kayonza ntibaramenya gutandukanya umunsi w’ubwigenge n’uwo kwibohora. Benshi mu bo twaganiriye bakunze kwitiranya umunsi w’ubwigenge bw’u Rwanda wizihizwa More...

Ukwibohora nyako ni ukugira abaturage babayeho neza kandi bafite umutekano- Minister Kabarebe
Mu muganda ngarukakwezi wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 30/06/2012, minisitiri w’ingabo General James Kabarebe yabwiye abaturage ba kitazigurwa mu karere ka Rwamagana ko ukwibohora nyako ari ukugira More...

Huye: Ubwigenge Abanyarwanda bahawe mu 1962 babukoresheje nabi
Aya magambo akubiye mu butumwa Umuyobozi w’Akarere ka Huye, Kayiranga Muzuka Eugene, yagejeje ku baturage bo mu mugi wa Butare bari bateraniye kuri sitade Kamena ejo tariki ya 1 Nyakanga. Hari mu muhango More...

Ubumwe bw’abanyarwanya bukwiye kubabera umusingi w’inkingi y’ubwiyunge nyakuri-Murayire
Kuri uyu wa 01/07/2012 kimwe n’ahandi mu gihugu cy’u Rwanda mu karere ka Kirehe bizihije isabukuru y’ imyaka 50 iki gihugu kibonye ubwigenge hamwe n’imyaka 18 yo kwibohora, ibi birori More...

Akarere ka Rusizi kizihije isabukuru y’imyaka 50 y’ubwigenge n’imyaka 18 yo kwibohora
Mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 50 u Rwanda rumaze y’ubwigenge n’imyaka 18 abanyarwanda bibohoye umuyobozi w’akarere ka Rusizi Nzeyimana Oscar  ari More...

Nyamasheke: Ni ngombwa kubaka ubumwe bw’abanyarwanda ngo butubere inkingi y’ubwigenge nyabwo- V/Mayor Bahizi Chalres
Mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 50 ishize u Rwanda rubonye ubwigenge wahuriranye n’uwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 18 urwanda rwibohoye wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 01/07/2012, More...

Karongi: Hashize imyaka 18 tuvuye ibuzimu tukajya ibuntu – Kayumba Bernard, Umuyobozi w’akarere ka Karongi
Mu ijambo Umuyobozi w’akarere ka Karongi yagejeje ku mbaga y’abaturage bari bitabiriye ibirori yashimangiye ko iyi myaka 50 ishize u Rwanda rwigenga, by’umwihariko imyaka 18 ishize u Rwanda More...