
Nyabihu kamwe mu turere tutagira irimbi rusange
Akarere ka Nyabihu, ni kamwe mu turere tugize intara y’Iburengerazuba. Ni akarere k’icyaro katagira umugi. Uretse kuba kadafite umugi nta Hoteri kagira n’amazu yabasha kwakira abakerarugendo. More...

Igishushanyo cy’imiyoboro y’amazi cy’akarere ka Gakenke cyashyizwe ahagaragara
Igishushanyo kivuguruye cy’imiyoboro y’amazi cy’akarere ka Gakenke kizashingirwaho mu gusana no kubaka imiyoboro y’amazi mishya izageza amazi meza ku baturage cyashyizwe ahagarara kuri More...

Rwanda | Nyamasheke: Komisiyo y’ubutaka izaharanira ishyirwa mu bikorwa ry’igishushanyo mbonera.
Komisiyo y’ubutaka mu karere ka Nyamasheke, kuri uyu wa 02 werurwe, yateranye ku nshuro ya mbere kuko iyari iriho yacyuye igihe, maze ihita initoramo ubuyobozi. Ubuyobozi bwatowe bukaba buvuga ko bugiye More...