
Kamonyi: Ishyamba rya Bibare ribitse amateka ya jenoside yakorewe abatutsi mu murenge wa Karama
Tariki 22 Mata ntizibagirana mu mateka ya jenoside yakorewe abatutsi bari bahungiye mu ishyamba rya Bibare riherereye mu kagari ka Bunyonga mu murenge wa Karama, ahahoze ari muri komini Kayenzi. Iri shyamba kuri More...

Jenoside yashobotse kuko abanyarwanda batatiye indangagaciro z’umuco nyarwanda – PS MINISPOC.
Umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’umuco na siporo, Kalisa Edouard arasaba abanyarwanda gutekereza ku mateka y’u Rwanda ndetse no kongera kubaka umuco nyarwanda ushingiye ku ndangagaciro, ngo More...

isomo Bakuye i Ntarama rizatuma bakumira Jenoside n’ingengabitekerezo yayo
Basobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi Abakozi ba komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta mu Rwanda baratangaza ko nyuma yo kwigira kuri mateka ya Jenoside ari ku rwibutso rw’i Ntarama bahakuye isomo More...