
Rulindo: bashyinguye imibiri 25 y’abazize jenoside.
 Kuri iki cyumweru tariki ya 28/4/2013, mu karere ka Rulindo hashyinguwe imibiri y’abazize jenoside yakorewe abatutsi, igera kuri 25. Mu magambo yagiye avugirwa ku rwibutso rwa Rusiga aho aba bantu bashyinguwe,hibanzwe More...

KARONGI: Mu murenge wa Gashari hashyinguwe abazize jenoside basaga 1200
 Mu murenge wa Gashari, akarere ka Karongi kuwa gatandatu 27-04-2013 bashyinguye imibiri isaga 1200 y’abatutsi bishwe muri jenoside muri Mata 1994. Umuhango wo gushyingura izo nzirakarengane wabereye ku More...

Cyanika: Hashyinguwe imibiri 15 y’abazize jenoside yakorewe abatutsi.
Kuri iki cyumweru tariki ya 28/04/2013, ku rwibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi rwa Cyanika ruherereye mu murenge wa Cyanika mu karere ka Nyamagabe habereye umuhango wo kwibuka by’umwihariko abatutsi More...

Kiziguro: Tariki 11 Mata hibukwa inzirikarangane zaguye muri Kiliziya yahoo
Tariki ya 11 Mata buri mwaka, nibwo mu Karere ka Gatsibo hibukwa inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, izi nzirakarengane zikaba zariciwe muri Kiliziya ya Kiziguro iri mu Murenge wa Kiziguro. Uyu More...

Kamonyi: Abaturage bashimiwe ubwitabire muri gahunda zo kwibuka ku nshuro ya 19
Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi Rutsinga Jacques, arashimira abanyakamonyi muri rusange uburyo bitabiriye gahunda zo kwibuka abazize jenoside yakorewe abatutsi n’imyitwarire myiza yabaranze mu More...

GISAGARA: KWIGIRA NIBWO BURYO BUZATUMA NTAWONGERA KUBIBA AMACAKUBIRI MU BANYARWANDA
Kwigira ni bwo buryo bwa mbere buzabuza abanyarwanda kuba bakongera kubibwamo amacakubiri. Ubu ni bumwe mu butumwa bw’umuyobozi w’akarere ka Gisagara KAREKEZI Leandre yatanze mu muhango wo gusoza icyumweru More...

Dufite inshingano yo gusobanura jenoside-Minisitiri Musa Fazili
Igihe Minisitiri w’umutekano, Musa Fazili Harerimana, yagendereraga abaturage bo mu Kagari ka Butare ho mu Karere ka Huye, akabaganirira ku gukumira ipfobya rya jenoside no kurirwanya, hari kuwa 11/4/2013, More...

Ntabwo twemerewe kwibagirwa Jenoside n’abashishikajwe no kuyipfobya ntibazabibasha-Ntidendereza
Umuyobozi mukuru wungirije w’Itorero ry’igihugu arakurira inzira ku murima abashishikariye gupfobya Jenoside kuko batazabigeraho ahubwo agahamagarira Abanyarwanda n’isi yose kwibuka no kuzirikana More...

Kwigira bizagerwa ho kuko Jenoside yahagaritswe n’abanyarwanda-Minisitiri Biruta
Minisitiri w’uburezi atangaza ko intego u Rwanda rwihaye yo kwigira izagerwaho byanze bikunze kuko na Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994 yahagaritswe n’abanyarwanda amahanga yabatereranye. Tariki More...

Gatsibo: Imihango yo gutangiza icyunamo yitabiriwe n’ingeri zose
Kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe abatutsi Imihango yo kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, mu Karere ka Gatsibo yatangijwe n’urugendo ruturuka mu Murenge wa Kiramuruzi rwerekeza More...