
KARONGI: Minisitiri ushinzwe Umutungo Kamere arasaba ko habaho iperereza ku bacukura rwihishwa amabuye y’agaciro mu ishyamba rya Gishwati
‘Habeho ubufatanye bw'uturere n'abacukura amabuye’ Ministre Kamanzi Stanislas (MINIRENA) “U Rwanda rurashaka gukora ubucukuzi bw’amabuye bufite intego yo kuzamura ubukungu bw’igihugu, More...

Abacukura amabuye y’agaciro barasabwa guca akajagari kagaragara muri uwo murimo
Minisitiri w’umutungo kamere arasaba abakora umurimo wo gucukura amabuye y’agaciro guca akajagari kagaragara muri ako kazi kugira ngo bibinjirize amafanga ariko bikozwe mu buryo butunganye. Stanislas More...