
Ni kuki Uturere duhigira ibikorwa bizakorwa n’izindi nzego?-Guverineri MUNYANTWARI
Mu mihigo Uturere dusinyira kuzageraho, harimo n’iba igomba kuzatangirwa isoko ndetse no kwishyurwa n’izindi nzego, urugero nka za minisiteri. Hari ubwo bene iyi mihigo itagerwaho, nuko Uturere tukahatakariza More...

Ntibihagije kwakira umukiriya neza, kumenya ko ikibazo cye cyakemutse na byo ni ngombwa
Ibi byagaragajwe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Munyantwari Alphonse, mu kiganiro yagiranye n’abakozi bo mu Turere tw’Intara y’Amajyepfo bakora imirimo ijyanye no kwakira More...

Uko umuntu yitwaye ku mukiriya na byo bigira icyo bimubwira
Uko umuntu yitwaye umukiriya aje amugana bituma yumva ashobora kumubwira ikimugenza cyangwa agatangira kwibwira ko arushywa n’ubusa. Ibi byagaragajwe mu mahugurwa abakozi bo mu Turere two mu Ntara y’amajyepfo More...