
Nyabihu: Muri ibi bihe by’imvura ibiza bimaze guhitana abana 3, amazu, imyaka n’amatungo
 Muri iki gihe cy’imvura, mu karere ka Nyabihu, abana 3 batakaje ubuzima, amazu n’imyaka birangirika ndetse n’amwe mu matungo arapfa bitewe n’ibiza bikomoka ku mvura nyinshi yaguye More...

Nifuza ko Perezida Kagame yayobora u Rwanda igihe cyose akiri ku isi- Kayitasirwa Pélagie
Umubyeyi Kayitasirwa Pélagie,atuye mu murenge wa Mukamira mu karere ka Nyabihu. Avuga ko abe bashiriye mu Rwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Yumva yashimishwa n’uko  Perezida Kagame yayobora u More...

 Nyabihu: N’abato barashaka ko itegeko nshinga ryahindurwa bagatora Perezida Kagame
 Abari bakuze, abatari bakavutse ndetse n’abari ibitambambuga Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994 mu Rwanda ihagarikwa, kuri ubu basaba ko Perezida Kagame yakongererwa manda bitewe n’aho More...

Shyira: Umusaza Mujyarugamba yabayeho ku ngoma ya Musinga ariko nta yindi arabona yita ku baturage neza nka Leta y’ubumwe
Kuva ku ngoma ya Musinga ariho, umusaza Mujyarugamba Filipo wavutse mu mwaka w’1936, wo mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu,avuga ko yabonye ingoma nyinshi,ariko nta ngoma yigeze yita ku baturage More...

Karago: Kuba karago yarabaye iya 3 mu mihigo y’akarere babikesha ubufatanye
Abaturage bahise bamurikirwa igihembo bahawe,basabwa kurushaho gufatikanya n’ubuyobozi bakazaba aba mbere mu mihigo ya 2014-2015 Kuba umurenge wa Karago waragize umwanya wa gatatu mu kwesa imihigo mu More...

Nyabihu: bagiye gukora iyo bwabaga mu mihigo bazaze mu myanya ya mbere
Abaturage bo mu karere ka Nyabihu bavuga ko nubwo akarere kabo kazamutse ku mwanya mu mihigo bakava kuwa 28 bakagera kuwa 22, bitavuye ku busa hari byinshi byakozwe mu mibereho myiza, ubutabera n’iterambere. More...

Nyabihu: abaturage bashimira Perezida Kagame wazanye imihigo
Bamwe mu baturage b’akarere ka Nyabihu, bavuga ko muri byinshi bashimira Perezida Kagame, harimo no kuba yarazanye uburyo bwo gukorera ku mihigo. Bakaba bemeza ko ubu buryo bwatumye bagera kuri byinshi More...

Nyabihu: Basanga Ifatizo ryo kwesa imihigo ari umuryango
Iyo abaturage bateye imbere n’igihugu kiba gitera imbere. Ibi bikaba bitangazwa na bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu, bishimira cyane uburyo bagenda bagera kuri byinshi mu iterambere, bitewe n’uko More...

Nyabihu: Abagize JADF mu mirenge basabwe kuvugurura imikorere no kwita ku mabwiriza mashya ya Minisitiri w’intebe arebana na JADF
Umuyobozi wungirije wa JADF I Nyabihu Mukaminani Angela w’ibumoso, aganira n’abagize JADF mu mirenge yabasabye kuvugurura imikorere Nyuma yo gushyira ingufu muri JADF y’akarere kuri ubu abagize More...

Nyabihu: Gutangira ukwezi kw’imiyoborere myiza byajyanye no gutaha ibikorwa remezo byagezweho banamenyesha abaturage ibiteganijwe
Ukwezi kw’imiyorere myiza mu karere ka Nyabihu kwatangirijwe mu murenge wa Shyira mu gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Mutarama 2014. Bimwe mu byaranze uyu munsi, harimo gutaha no kumurikira abaturage b’uyu More...