
Nyamasheke: Abayobozi basabwe kujya mu mahugurwa y’imiyoborere
Mu gihe ukwezi kwahariwe imiyoborere mu Rwanda hose kuzasozwa ku itariki ya 24 Ukwakira 2014, umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke avuga ko hakiri intambwe ndende kugira ngo ibibazo by’abaturage bibashe More...

Nyamasheke: Abayobozi bagiye gukora akazi urugo ku rundi
Mu nama yahuje abayobozi b’imirenge n’ubuyobozi bw’akarere , tariki ya 17 Nzeri 2014, umuyobozi w’akarere yavuze ko nyuma yo gusinyana imihigo n’umukuru w’igihugu, More...

Nyamasheke: Mukarutesi mu myaka ye y’ izabukuru avuga ko u Rwanda rwateye imbere
Mukarutesi Jyonovefa  ni umukecuru utuye mu mudugudu wa kirambo mu kagari ka kigoya mu murenge wa KANJONGO , avuga ko atazi imyaka ye ariko ko yakuze yumva bavuga ko barusha amahanga umwami wabo Musinga, akaba More...

Nyamasheke: Abaturage bamurikiwe ibizabakorerwa muri uyu mwaka
Abaturage mu karere ka Nyamasheke barasabwa kurushaho gufata iya mbere mu kugena no gushyira mu bikorwa ibibakorerwa. Ibi babisabwe kuri uyu wa kane tariki ya 26 kamena 2014 n’ubuyobozi bw’akarere More...

Nyamasheke: Intore zirasabwa gutandukana n’abandi
Urubyiruko rwo mu murenge wa Kagano rusaga 150 rwashoje urugerero kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Kamena 2014, rwasabwe kuba umusemburo w’ubudasubira inyuma mu ntambwe u Rwanda rumaze gutera nyuma y’imyaka More...

Nyamasheke: Ibiyobyabwenge ku isonga y’ibihungabanya umutekano
Mu nama y’umutekano yaguye y’akarere ka Nyamasheke yateranye kuri uyu wa gatatu tariki ya 18 Kamena 2014, abayobozi n’inzego z’umutekano bavuze ko ibiyobyabwenge biri ku isonga mu More...

Nyamasheke: Nyuma yo kugawa n’abaturage, abayobozi bagiye kurushaho kubegera
 Mu bushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere, Rwanda Governance Board (RGB), akarere ka Nyamasheke kabonye amanota ari munsi ya 50%, bigaragazwa n’ibara ry’umutuku More...

Nyamasheke- Imibiri 73 yashyinguwe mucyubahiro mu rwibutso rwa jenoside rwa Gihombo
 Kuri iki cyumweru tariki ya 20 Mata 2014, ku rwibutso rwa Gihombo mu karere ka Nyamasheke hashyinguwe imibiri 73 y’abantu bazize jenoside yakorewe abatutsi. Uretse 11 mu mibiri yashyinguwe, abandi More...

Nyamasheke: Abayobozi b’inzego z’ibanze barasabwa kurara aho bakorera
 Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari twose n’imirenge bigize akarere ka Nyamasheke barasabwa kujya barara aho bakorera kandi iki cyemezo kikaba kitagomba kurenza icyumweru kimwe kitarashyirwa More...

Isiragira ry’abaturage mu buyobozi ntabwo rihesha agaciro ubuyobozi –Jabo
Abayobozi b’utugari n’imidugudu mu karere ka Nyamasheke kuri uyu wa 11/06/2013 basabwe kwirinda gusiragiza abaturage mu nzira ahubwo bakamenya ko bagomba kubakemurira ibibazo Ibi byasabwe n’Umunyamabanga More...