
Buri wese mu Rwanda akwiye kugendera ku mihigo ngo agire aho agera- Umuyobozi mu Ntara y’Iburasirazuba
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Iburasirazuba, Makombe Jean Marie Vianney arasaba abantu bose mu mirimo bakora kujya bagendera ku kwiha intego n’imihigo kandi bagaharanira kuyihigura More...