
Uburasirazuba: Kugira abasaza b’inararibonye ngo ni amahirwe kuko bazatanga ubuhamya bw’ibyo babayemo muri Ndi Umunyarwanda
Guverineri w’intara y’Uburasirazuba Uwamariya Odette avuga ko intara ayoboye ifite amahirwe kuko ifite abasaza b’inararibonye bazifashishwa mu gutanga ibiganiro muri gahunda ya Ndi Umunyarwanda. More...

Ruhango: nta pfunwe abagana amasomero bakwiye kugira
Nkumbuyinka Justin ahagarariye amasomero mu karere ka Ruhango Mu gihe Leta y’u Rwanda ishishikajwe no gukangurira abantu batigeze bagira amahirwe yo kujya mu ishuri kumenya gusoma no kwandika, akarere ka More...

Abigisha gusoma no kwandika ku bakuze bahawe inyoroshyarugendo
Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza Narumanzi Leonille Abarimu bigisha gusoma, kwandika no kubara abakuze, mu karere ka Bugesera bahawe amagare azaborohereza ingendo bakigisha benshi kurushaho. Amagare More...

Nyabihu:Abakuze batazi gusoma no kwandika bitabiriye amasomero barenga abari bateganyijwe
Umubare w’abagana amasomero wariyongereye Mu gihe hari hateganijwe amasomero agera kuri 73,guhera mu kwezi kwa 7/2011, mu karere ka Nyabihu ubu hamaze kugera amasomero agera ku 122 nk’uko Nkera David,ushinzwe More...

Gakenke : Ibarura ry’abantu biga mu masomero rizafasha gushyiraho politiki y’amasomero
Umuyobozi w’uburezi kuri bose (CapFA) ku rwego rw’igihugu atangaza ko ibarura ry’abantu bakuru biga gusoma, kwandika no kubara rizafasha mu gutegura politiki izagenga ayo mashuri. Ibyo yabigarutseho More...

Iburasirazuba barigisha abakuze gusoma no kwandika mu buryo budasanzwe
Abantu bakuru batazi gusoma no kwandika mu Ntara y’Iburasirazuba bagiye kwigishwa gusoma no kwandika mu buryo budasanzwe, aho ADRA ivuga ko izakoresha uburyo bwo kubigisha ibifitanye isano n’ubuzima More...

Cyanika: Abasigajwe inyuma n’amateka bari kwigishwa gusoma no kwandika
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyanika mu karere ka Burera aratangaza ko mu rwego rwo gukomeza guteza imbere abasigajwe inyuma n’amateka bo muri uwo murenge hagiyeho gahunda yo kubigisha More...