
Rwanda | Nyamasheke: Urwego rw’umuvunyi rugiye gufasha akarere gukemura ibibazo by’abaturage.
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa inshingano z’urwego rw’umuvunyi, cyane cyane izo gukumira no kurwanya akarengane ndetse na ruswa n’ibyaha bifitanye isano nayo mu nzego z’ubutegetsi More...

Rwanda : “Urwego rw’umuvunyi ntabwo rurimo abantu basimbura Imana.â€- Umuvunyi mukuru w’umusigire.
Nzindukiyimana Augustin, umuvunyik mukuru w’umusigire (w’agateganyo) asanga bishoboka ko hari abantu batanyurwa n’ibisubizo bahabwa n’urwego rw’umuvunyi kuko abagize uru rwego More...