
Bwishyura: Imurikabikorwa ngo rituma abaturage bamenya umusaruro uturuka mu mihigo y’umurenge
Kuri uyu wa 26 Kamena 2014, mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi habaye imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa mu iterambere maze ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bushimira abafatanyabikorwa b’ako More...

Karongi: Abafatanyabikorwa barasabwa kuba inyongeragaciro mu bikorwa by’abaturage
Kuri uyu wa 4 Kamena 2014, mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Karongi habereye imurikabikorwa by’abaturage bo muri uwo murenge ryari ryinganjemo ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi bya kijyambere More...

Gatsibo: Kugaragariza abaturage ibibakorerwa niwo musingi w’imiyoborere myiza
Kugaragaza ibyo dukora ni umusingi w’imiyoborere myiza, ibi ni ibyatangajwe n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Intara y’Uburasirazuba Makombe Jean Marie Vianney ubwo yatangizaga imurikabikorwa More...

Rwanda | Huye: Abafatanyabikorwa barateganya kumurikira ibikorwa abaturage
Hatagize igihinduka, guhera ku itariki ya 5 kugeza kuya 7 Kanama,2012  abafatanyabikorwa bakorera mu Karere ka Huye bazagira igihe cyo kumurikira ababishaka bose ibijyanye n’ibikorwa byabo. Ubundi, abafatanyabikorwa More...

Rubavu: Bwa mbere urubyiruko rwatangije imurikabikorwa ryarwo
Tariki 15 kamena, amashyirahamwe n’amakoperative y’urubyiruko rwo mu karere ka Rubavu yatangiye imurikabikorwa ry’iminsi itatu ku nsanganyamatsiko igira iti “ibigo by’ urubyiruko More...

Ngororero: Gusoza imurikabikorwa byaranzwe no gufata ingamba zo mu mwaka utaha
Ku itariki ya 07 Kamena 2012 mu karere ka Ngororero habaye umuhango wo gusoza imurikabikorwa bya JDAF Isangano. Uwo muhango wabanjirijwe no gutanga inka 6 zahawe abapfakazi barokotse jenoside yakorewe abatutsi More...

Nyagatare: Byageze ku gicamunsi cy’umunsi wa mbere imurikabikorwa ry’iminsi ibiri ry’abafatanyabikorwa (JAF) ritaratangira
Mu gihe hateganyijwe imurikabikorwa ry’iminsi ibiri kuri uyu wa 23 na 24 Gicurasi 2012, bigeze ku gicamunsi cy’umunsi wa mbere bakiri mu myiteguro kuko ubwo twahageraga mu ma saa tanu bari bakirimo More...

Nyagatare: Abafatanyabikorwa b’akarere bagiye gukora imurikabikorwa ry’ibyo bakora
Abafatanyabikorwa bikorwa b’Akarere ka Nyagatare ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Akarere barimo gutegura imurikabikorwa rizabafasha kwereka abaturage serivisi batanga ndetse rigaha n’abaturage More...

Nyamasheke: Imurikabikorwa ni umwanya wo kwerekana ibyo ukora no kwigira ku bandi.
Imurikabikorwa (Open day) ngo ni umunsi wo gushyira ku mugaragaro ibyo ukora n’uburyo ubikoramo,  ndetse ukaba n’umwanya mwiza wo kwigira ku bandi. Ibi ni ibyatangajwe na bamwe mu bitabiriye imurikabikorwa More...

Nyamasheke: Jadf irashimirwa uruhare igira mu guteza imbere akarere.
Kuva tariki ya 15 kugeza kuwa tariki ya 16 werurwe 2012, ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere ka nyamasheke (JADF Nyamasheke) riri mu imurikabikorwa, aho buri mufatanyabikorwa ari More...