
Senateri Tito Rutaremara arashima uburyo abanyamusanze bateguye amatora y’abadepite
Ubwo komisiyo ya politiki n’imiyoborere myiza mu nteko ishinga amategeko umutwe wa sena yasuraga abayobozi n’abaturage mu nzego zitandukanye bo mu karere ka Musanze ngo baganire ku migendekere y’amatora, More...

Rubavu: abamaze kwikosoza kuri liste y’itora bagera kuri 88.5%
Hasigaye amezi 3 kugira ngo abanyarwanda bagejeje igihe cyo gutora bashobore kwihitiramo abazabahagararira mu nteko ishingamategeko, ariko mu karere ka Rubavu abagera kuri 11.5% ntibarashobora kwikosoza k’urutonde More...

Nkomane: Abaturage barasabwa kwitegura neza amatora y’abadepite.
Ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu murenge wa Nkomane mu karere ka Nyamagabe mu muganda rusange usoza ukwezi kwa gatanu tariki ya 25/05/2013, umuyobozi wungirije wa Komisiyo y’igihugu y’amatora, More...

Burera: Barasabwa kuzitabira amatora y’abadepite bazi ko bari kwikorera
Abaturage bo mu karere ka Burera barasabwa kwitabira amatora y’abadepite ateganyijwe mu kwezi kwa 09/2013, bakayakora mu mucyo, bihitira mo ababahagararira mu nzego z’ubuyobozi bw’igihugu kuko More...

Muhanga: Haribazwa uko abapfuye baramaze kubarurwa ku ilisiti y’itora bizagenda
Bamwe mu batuye mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo baribaza uko abantu bapfuye mu gihe ibarura ry’abazatora abazajya mu nteko y’abadepite, bizagenda niba kuguma ku ilisiti y’itora More...

Rwanda : The committee behind Rukarara fake report wanted by the speaker
The speaker of parliament, Hon. Rose Mukantabana calls on the committee that was tasked to follow up Rukarara project to explain to the parliament, why they presented half baked report. This was revealed by the More...

Rwanda : Perezida wa Sena yagiranye ibiganiro n’Abadepite bakomoka mu Gihugu cya Zambia bari mu Rugendo-shuri mu Rwanda.
Perezida wa Sena, Jean Damascene Ntawukuliryayo, mu biganiro yagiranye n’itsinda ry’Abadepite baturutse muri Zambia, yashimye intambwe aba Badepite bagaragaje mu kuza kumenya ishusho More...

Rwanda hosts African ad hoc expert meeting on the role of parliament in promoting best practices for good governance.
The United Nations Economic Commission for Africa (UNECA), Governance and Public Administration Division and the Sub-regional Office for Eastern Africa recently held a two day expert meeting on good governance. The More...

Rubavu: Abagize Inama Njyanama basabwe kurangwa n’ubufatanye
Depite Anne Marie Nsabyemungu arasaba abagize Inama Njyanama y’akarere ka Rubavu guhora barangwa n’ubufatanye kuko bitabayeho ntacyo bageraho. Ibi depite Nsabyemungu akaba yabitangaje ubwo yasozaga More...

N’abakozi b’Uturere bazahugurwe ku kwinjiza uburinganire mu igenamigambi n’ingengo y’imari-Guverineri Munyantwari
Icyifuzo cy’uko n’abakozi b’Uturere bahugurwa ku buryo bwo kwinjiza uburinganire mu igenamigambi n’ingengo y’imari by’igihugu, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, More...