
Rutsiro : Abafatanyabikorwa basabwe guharanira ko abagenerwabikorwa bava ku rwego rumwe bakazamuka ku rundi
Kuri uyu wa gatatu, tariki 6/3/2013 akarere ka Rutsiro kagiranye inama n’ihuriro ry’abafatanyabikorwa bo muri komisiyo yibanda ku bikorwa byo guteza imbere imibereho myiza y’abaturage, barebera More...

Ruhango: hagiye gufatwa ingamba zo kunoza imitangire ya serivise
Abashinzwe ibigo bitandukanye barasabwa gutanga serivise zinogeye ababagana Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango, buravuga ko bugiye guhagurukira ikibazo cy’imitangire ya servise, ibi ubuyobozi bubihagurukiye More...

Rwanda | Rutsiro : Biyemeje kuvugurura imikoranire yabo n’akarere
Nyuma y’uko akarere ka Rutsiro kabaye aka nyuma mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2011 – 2012, abafatanyabikorwa mu iterambere ry’ako karere baratagaza ko nabo babigizemo uruhare, bakaba biyemeje More...

Intara y’amajyepfo: amasoko n’ibiza byabangamiye ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo y’Uturere
Hasigaye igihe gitoya ngo Uturere tugaragaze aho tugeze duhigura imihigo. Uturere two mu Ntara y’Amajyepfo tugeze kure dushyira mu bikorwa ibyo twahize, ariko hari imihigo yadindijwe n’itangwa ry’amasoko, More...