
Gakenke: Imihigo itatu yatumye baba abanyuma iracyari hasi
Abayobozi mu nzego zitandukanye muri gakenke Mu gihe gito gisigaye ngo uturere tumurike imihigo twesheje, mu karere ka Gakenke imihigo itatu yatumye baba abanyuma ubushize iracyari hasi. Abayobozi mu nzego zitandukanye More...

Rubavu: hashyizweho uburyo buzatuma baza imbere mu mihigo
Akarere ka Rubavu kagiye kujya gafatanya n’abaturage kugenzura imihigo kugira ngo bashobore gukuraho imbogamizi zituma hari isigara inyuma. Bamwe mubakozi b’akarere ka Rubavu n’abajyanama b’akarere More...

Gatsibo: 80% by’ibyaha bikomoka ku biyobyabwenge
 Inzego z’umutekano n’Ubuyobozi bw’Akarere bamena kanyanga y’inkorano Kuri uyu wa kane tariki 21/5/2015, mu karere ka Gatsibo mu Mirenge ya Ngarama na Kabarore, habereye igikorwa More...

Rusizi: Abaturage barifuza ko bagira uruhare mubibakorerwa
Nyuma y’aho Leta y’ URwanda yagiye ishyiraho inzego zitandukanye hagamijwe kunoza imiyoborere myiza ibereye abaturage kuva habaho amakomine kugeza magingo aya hariho uturere, abaturage bo mu karere More...

Gisagara: Mu kwezi kw’imiyoborere myiza hararwanywa ibiyobyabwenge
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kibirizi mu karere ka gisagara, barasaba ko mu kwezi kw’imiyoborere myiza, ubuyobozi bwabafasaha kurwanya inzoga z’inkorano zitemewe, kuko ziri mu biteza umutekano More...

Karago: Kuba karago yarabaye iya 3 mu mihigo y’akarere babikesha ubufatanye
Abaturage bahise bamurikirwa igihembo bahawe,basabwa kurushaho gufatikanya n’ubuyobozi bakazaba aba mbere mu mihigo ya 2014-2015 Kuba umurenge wa Karago waragize umwanya wa gatatu mu kwesa imihigo mu More...

Abayobozi ba Niger barishimira kwigira ku bunararibonye bw’u Rwanda mu gucunga ubukungu
Itsinda ry’abayobozi baturutse mu gihugu cya Niger bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi irindwi, bayobowe na Minisitiri w’ubucuruzi no guteza imbere abikorera muri iki gihugu, baratangaza ko More...

Gatsibo: Ubufatanye n’inzego z’umutekano mu gukumira ibyaha buhagaze neza
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo n’inzego z’umutekano basuzuma aho ubufatanye bugeze mu gukumira ibyaha Inzego z’umutekano zikorera mu karere ka Gatsibo hamwe n’ubuyobozi bw’Akarere More...

Komine ya Gashikanwa irifuza ko yagirana umubano wihariye n’akarere ka Ruhango
Ndayiragije Jeanne Francoise umuyobozi wa komine Gashikanwa agaragaza ko bifuza kugirana umubano wihariye n’akarere ka Ruhango Komine ya Gashikanwa yo mu ntara ya Ngozi mu gihugu cy’Uburundi, irifuza More...

Rulindo: hafashwe ingamba mu kubungabunga umutekano.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 21/4/2014, mu murenge wa Shyorongi ho mu karere ka Rulindo hateraniye inama yaguye y’akarere, inama yari igamije kunoza ingamba zidasanzwe mu kubungabunga umutekano w’aka More...