
Muhanga : Abakoze neza barashimirwa abandi bagasabwa kwikubita agashyi
Kuwa Kabiri taliki ya 15 Ugushyingo,2014 nibwo Hizihijwe umunsi w’umuhizi mu karere ka Muhanga, aho abayobozi bitwaye neza kurusha abandi bashyikirijwe ibihembo kandi banahabwa impanuro zo gukomeza kongera More...

Ngororero: Uko abaturage bavuga ku kwegukana umwanya wa gatatu mu gihugu
Ministre Joseph habineza na Guverineri Mukandasira bifatanyije n’abaturage mu gutaha igikombe cy’imihigo Ibi Nibyo bikombe by’indashyikirwa akarere ka Ngororero gaherutse kwegukana Mu mihigo More...

Karongi: Gutahiriza umugozi umwe n’izindi nzego ngo ni byo bizatuma urubyiruko rushobora kwesa neza imihigo
Kuri uyu wa 12 Ugushingo 2014, abagize Inama y’Igihugu y’Urubyiruko mu Karere ka Karongi bahigiye imbere y’ubuyobozi bw’akarere ibyo rwiyemeje kugeraho maze bugaragaza ko rukeneye gushyigikirwa More...

Abagize inzego z’urubyiruko bahize kuzamura urubyiruko rufite intege nke
Intore z’abagize inzego z’urubyiruko zitangaza ko mu mihigo zihaye harimo gufasha urubyiruko rufite intege nke kugira ngo narwo ruzamuke ruve mu bukene bityo imbaraga zarwo ruzikoreshe, rwubaka u More...

Gicumbi – Gusinyana imihigo n’abakuru b’imidugudu ngo bibafasha gukorera ku ntego
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge arimo asinyana n’umuybozi w’umudugudu Guhiga umihigo imbere y’inzego z’ubuyobozi ngo bifasha abayihize gukorera ku ntego no guhigura ibyo More...

Rusizi: Abaturage b’umurenge wa Gihundwe ngo ntibazatezuka mu kwiteza imbere
Abaturage bo mu murenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi barishimira impinduka y’ibikorwa by’iterambere igaragarira mubikorwa bitandukanye bikomeje gukataza mu murenge wabo muri uyu mwaka wa 2014. Ibyo More...

Burera: Nubwo baje ku mwanya wa 20 mu mihigo ngo ibikorwa bahize byose babigezeho
Nyuma y’uko akarere ka Burera kabaye aka 20 mu mihogo y’umwaka wa 2013-2014 kandi ubusanzwe katarajyaga kabura mu turere 10 twa mbere, ubuyobozi bw’ako karere buvuga ko bwafashe ingamba kuburyo More...

Ibanga ryo kwesa imihigo mu karere ka Kireye ni “Inkera y’imihigoâ€
Inkera y’imihigo ni gahunda akarere kihaye yo gutanga service inoze mu bigo byose  birebana na gahunda y’ubuvuzi bikorera mu karere ka Kireh, aho buri kigo Nderabuzima gifatanyije n’Umurenge More...

Nyaruguru: Umurenge wa Nyabimata wavuye ku mwanya wa nyuma uba uwa 6
Mu mihigoy’umwaka wa 2013-2014 umurenge wa Nyabimata wabaye uwa 6, uvuye ku mwanya wa nyuma mu mihigo y’umwaka wari wabanje. Ubuyobozi bw’umurenge wa Nyabimata burashimira abatuye uyu murenge More...

Kicukiro ikomeje guhiga utundi turere mu kwesa imihigo
Ubwo havugwaga uko uturere tweseje imihigo y’umwaka wa 2013-2014 ndetse hanasinywa imihigo y’umwaka wa 2014-2015, akarere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali kongeye kuza ku mwanya wa mbere mu mihigo n’amanota More...