
Rwanda : Ba nyir’utubari bitegure kujya birengera umutekano w’abakira babo
Umukuru wa polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba arahamagarira abacuruza inzoga mu tubari muri iyo Ntara gutangira kujya bagenzura ibibera mu tubari twabo kandi bakazirengera ingaruka z’ibibera More...

Kayonza: Abagize komite z’urubyiruko mu mirenge ntibumva impamvu leta ibuza abaturage gucuruza inzoga zifatwa nk’ibiyobyabwenge
Bamwe mu bagize komite z’urubyiruko ku rwego rw’imirenge igize akarere ka Kayonza bavuga ko batumva impamvu leta y’u Rwanda ibuza abaturage bayo gucuruza inzoga ya Kanyanga ifatwa nk’ikiyobyabwenge More...